Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home AMAKURU

Ntibisanzwe! Ubukwe bwapfuye ku munota wa nyuma bapfuye amafaranga

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/03/04
in AMAKURU
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Mu gihugu cya Nigeria, Umusore yahagaraitse ubukwe ku munota wa nyuma bitewe no kuba umugeni we yifuzaga ibihenze kandi umusore nta amafaranga menshi afite

Muri Nijeriya haravugwa inkuru idasanzwe y’umusore wahisemo guhagarika ubukwe igitaraganya nyuma y’aho umugeni yifuzaga gukora ubukwe bw’akataraboneka kandi buhenze.

IZINDI NKURU WASOMA

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

Uku kutabyumvikanaho kwaje kurangira ibyari ubukwe bihindutse ibindi kubera ko aba bombi batumvikanaga uburyo ubukwe bwakorwamo.

Inkuru yasakaye ku mbuga nkoranyambaga nka twitter ivuga ko ngo uyu mukobwa ufite imyaka 29 yifuzaga ko ubukwe bwabo bwaba bwiza kandi bugakurura abantu, nyamara umusore we akavuga ko nta mpamvu yo gusesagura bakora ubukwe buhenze cyane.

Yashimangiye ko afite abazamwambarira bagera kuri 20 bazambara amakanzu ahenze ariko yashakaga ko umukunzi we yishyura amafaranga yose y’ibizakoreshwa mu bukwe.

Uyu musore yumvise ko ubukwe bugiye kumutwara akayabo maze ahitamo kubivamo ahita ahagarika ubukwe.

Uwatanze aya makuru kuri twitter yagize ati:”afite imyaka 29 nyamara arashaka ubukwe buhenze bikabije ariko ntazane igiceri na kimwe, umugabo we yamubwiye ko hariho ubundi buzima nyuma y’ubukwe ari nayo mpamvu yamwangiye, arashaka abakobwa 20 bazamwambarira byose bikishyurwa n’umugabo we, ibi byatumye umugabo ahagarika ubukwe”.

Si ubwa mbere abashaka kubana batumvikana ku buryo ubukwe bwabo buzagenda gusa aba bo ngo byabaye akabarore nyamara ariko ngo umusore yanze kuva ku izima kubera nta mafranga ku rundi ruhande umukobwa nawe yanga kuva ku izima kubera ko ngo yibwiraga ko umusore ari umukire, gusa we ngo nta mafranga yari afite.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In