Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Ntibisanzwe! Ari mu gahinda nyuma yo kurihirira umukobwa aziko azamurongora none yamenye ko afite undi mugabo

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/10/04
in NTIBISANZWE
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Umugabo ari mu gahinda kenshi nyuma yo kurihira amafaranga y’ishuri umukobwa wigaga ubuforomo aziko azamushaka bikarangira amenye ko amaze imyaka 6 yarashyingiranwe n’undi mugabo mu ibanga akaba yamaze kumubwira ko ntaho bagihuriye.

Ikinyamakuru cyitwa ghbase.com cyo mu gihugu cya Ghana dukesha iyi nkuru gitangaza ko umuturage wo mu gace kitwa Kumasi witwa Joseph yavuze ko yakoresheje amafaranga menshi ku muforomokazi witwa Cecilia Alabata amurihirira ishuri azi ko azamurongora ariko akaba atari azi ko yashyingiwe kera.

IZINDI NKURU WASOMA

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

Uyu Joseph Yavuze ko Cecilia Alabata yari yararongowe kera ariko akabigira ibanga aho avuga ko yemeye ko bakundana kandi azi ko afite undi mugabo akabyita ubuhemu n’ubushukanyi bwambura bwiyambitse urukundo.

Ati:”:Cecilia yemeye icyifuzo cyange cy’urukundo nyamara yari azi ko yashatse undi mugabo arabimpisha”.

Kuwa gatanu nibwo Joseph yabwiye Radio ya Oyerepa Afutuo ko yakodeshereje Cecilia inzu yo kubamo ariko undi kugeza na nubu ngo ntarayitahamo.

Mu marira menshi uyu mugabo yagize ati:”Igihe namusuraga yansabye guhagarara hanze akaba ariho ansanga tukavugana bisa nibyagaragazaga ko adashaka ko umugabo we abimenya”.

Cecilia yantangishije amafaranga menshi mu gukoodesha iyo nzu ihenze. Namwishyuriye amashuri menshi ambeshya ko tuzabana. gusa arangije kwiga nagiye kumureba ariko ambwira ko yubatse afite umugabo kandi bafitanye n’umwana ahita anyereka ko ntaho tugihuriye.

Joseph akaba avuga ko Cecilia yamushutse ndetse akaba avuga ko yamutanzeho amafaranga menshi akaba asaba ko yayamusubiza cyangwa akayavunjyamo imiti akajya amuvura ku buntu kugeza igihe ayo yamwishyuriye azashiramo.

Kugeza na nubu ntacyo Cecilia arabitangazaho ariko Joseph we akaba avuga ko bitazaherera aho nubwo atigeze atangaza niba yenda kwitabaza ubucamanza cyangwa izindi nzego.

Uyu mugabo akaba atuye mu gace kitwa Kumasi umwe mu mijyi minini yo muri Ghana.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In