Tuesday, September 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Ntibisanzwe! Umugabo yagiye gucyura umugore we birangira yimanitseyo

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2023/02/04
in HOME, NTIBISANZWE, AMAKURU
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Umugabo uzwi ku mazina ya NGEZAHAYO Jean Bosco w’imyaka 36 y’amavuko wo mu Karere ka Muhanga yagiye gucyura umugore we wari warahukanye maze ababyeyi be banga ko umugore ataha birangira umugabo afashe icyemezo cyo kwiyahurirayo hafi aho.

Uyu mugabo bivugwa ko ngo yari atuye mu Mudugudu wa Munyiginya mu Kagali ka Gashorera mu Murenge wa Nyabinoni ho mu karere ka Muhanga akaba yiyahuriye mur’uyu murenge ariko mu kagali ka Ndaragati aho nyuma yo kujya gucyura uyu mugore we agashwishwiburizwa n’ababyeyi be byaje kurangira yishyize mu kagozi.

IZINDI NKURU WASOMA

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

Ngororero: Umukobwa aratabaza nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

Ikinyamakuru Umuseke gitangaza ko bamwe mu baturanyi ba Nyakwigendera bavuga ko uyu mugore kwahukana kwe byavuye ku makimbirane yavuyemo kurwana bikarangira uyu mugore yahukaniye kwa se umubyara.

Uyu mugabo ngo yaje kwigira inama yo kujya kumucyura ariko ageze yo ababyeyi b’umugore bamutera utwatsi, nuko baramusezerera bakeka ko yatashye naho ngo yageze mu nzira kwihangana no kugenda adacyuye umugore we biranga yigira inama yo kwimanika mu mugozi.

Gusa bamwe mu baturanyi ba Nyakwigendera bakaba bavuze ko icyi cyemezo atari cyiza ndetse bavuga ko kigayitse.

Umunyamabanga wa Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyabinoni, NSANZIMANA Vedaste avuga ko aba bombi bari bafitanye amakimbirane ariko bakaba batari barigeze babimenyesha ubuyobozi.

Uyu muyobozi avuga ko Nyakwigendera ubwo yajyaga gucyura umugore we bakamumwima yatashye ari kuwa 4 ndetse akajya no kurema isoko hanyuma bwacya akagaruka hafi yo kwa Sebukwe akimanika mu giti kiri hafi aho ngaho.

Biravugwa ko yaba yari yatashye aziko umugore we arara aje cyangwa akazinduka aza kuko ngo bari bamwijeje ko umugore azizana ariko abonye ataje bigatuma yiyahura.

Aba bombi bari bafitanye abana babiri b’abakobwa.

 

 

 

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

September 25, 2023
1.5k
HOME

Ngororero: Umukobwa aratabaza nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023
1.4k
HOME

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023
1.4k
HOME

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

September 25, 2023

Ngororero: Umukobwa aratabaza nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023

Kigali: Hashyizweho umurongo wo gukemura ibibazo by’abana bahohoterwa

September 17, 2023

Hamenyekanye abahanzi bazataramira abantu mu gitaramo cyiswe”Tujyane Mwami”

September 14, 2023

Abafite ubumuga barasaba guhabwa agaciro mu rusengero

September 12, 2023

Ntibisanzwe! Perezida wa Amerika na Bagenzi be bagaragaye mu ruhame batambaye inkweto

September 11, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In