Friday, March 24, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Ntibisanzwe! Umugabo yahunze nyuma yuko amaze igihe asambana na nyina 

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/05/11
in NTIBISANZWE
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Umugabo witwa Ben Ford w’imyaka 32 na nyina umubyara Kim West w’imyaka 51 bagiye mu bwihisho nyuma y’uko bimenyekanye ko bamaze igihe bakora imibonano mpuzabitsina.

Kim yasamye Ben ubwo yari umunyeshuri w’imyaka 19 muri California, nyuma yo kumubyara aza kumusigira umuryango asubira mu Bwongereza ariko aza kongera guhura n’umwana we nyuma y’imyaka 30 ubwo Ben yandikaga ku mbuga nkoranyambaga, avuga ko ashaka guhura n’ababyeyi be bamubyara.

IZINDI NKURU WASOMA

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

Kim yavuze ko nyuma yo kumenya ko umuhungu we yifuzaga guhura n’ababyeyi be, bahuye agatangira kumwifuza.

Baje guhurira muri hotel bombi basangira icupa rya champagne batangira gusomana, umubano udasanzwe hagati yabo utangira ubwo.

Aba bombi batangiye gukora imibonano mpuzabitsina idasanzwe nyuma y’uko Ben agaragaje ko ari gushakisha ababyeyi be agahura na nyina, umugore wa Ben atangira kugira amakenga ku mubano wabo.

Byatumye Ben ahishurira umugore we ibyabaye nyuma y’iminsi itatu gusa nyina n’umuhungu bakora imibonano mpuzabitsina.

Mu butumwa yageneye umugore we Ben agira ati:’’Igihe cyose mbonanye na we mba numva ari we [nyina umubyara] turi kumwe ndi kumusoma bitabaye ibyo nta mbaraga nagira.’’

Umubano w’aba bombi wakomeje kuzamo ibibazo kugeza aho nyina atangiye gufuhira umukazana we. Kim yagize ati:’’Iyo mbonye umugore we amwegereye, numva mfushye kandi naje kumenya ko na we afuha kuko inshuro nyinshi amuhamagara turi kumwe.’’

Nyina yakomeje avuga ko we na Ben batazigera batandukana na rimwe mu buzima bwabo ko ari yo mahirwe babonye yo kuba bari kumwe.

Ben yaje gusiga umugore we ajyana na nyina bombi bajya mu bwihisho kubera ko muri Michigan amategeko abuza abafitanye isano kubana nk’umugabo n’umugore.

Ben Ford w’imyaka 32 na Kim West w’imyaka 51 bahunze kubera ko umubano wabo wari umaze kumenywa na benshi. Iyo bafatwa, bashoboraga gufungwa imyaka 15.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k
HOME

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023
1.4k
HOME

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

Kigali : Le CICR s’engage à respecter ses principes fondamentaux

March 10, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In