Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Ntibisanzwe! Umugabo yigize umuganga kugira ngo ajye yirebera ibitsina by’abagore

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/10/03
in NTIBISANZWE
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Mu gihugu cy’Ubutaliyani haravugwa umugabo watawe muri yombi na Polisi yaho akaba akurikiranweho kwigira umuganga agamije kujya yirebera ibitsina by’abagore ari kubabyaza no kubasuzuma.

Ni umugabo w’imyaka 40 y’amavuko akaba ngo yatahuweho kwiba kwa muganga amadosiye menshi y’abagore noneho atangira kujya abahamagara akabaganiriza ababwira amakuru atariyo ku bijyanye n’ubuzima bwabo.

IZINDI NKURU WASOMA

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

Uyu mugabo yafashwe nyuma yo kujya ahamagara abo bagore akoresheje nimero zihariye (Private Number) noneho akababeshya ko bafite indwara zifata imyanya myibarukiro yabo.

Inkuru dukesha urubuga rwa bfmtv.com ivuga ko uyu mugabo yahitaga abategeka gukoresha zoom cyangwa Hangout kugira ngo bamwereke imyanya y’ibanga yabo abavure ariko ababeshya kuko ngo atari umuvuzi nyakuri ahubwo yashakaga kwirebera ibitsina byabo gusa.

Polisi yo mu majyepfo y’umujyi wa Bari yafashe telefoni nyinshi na memory cards z’uyu mugabo nyuma yo gukurura telefoni ye bitewe n’ibirego byinshi by’abakorewe icyi gikorwa.

Polisi kandi itangaza ko uyu mugabo yahamagaye abagore bari barwariye mu ivuriro yibyemo amadosiye kugira ngo ababwire ko yasanze barwaye infections mu myanya yabo y’ibanga hanyuma akabasaba kumwereka ibitsina byabo bakoresheje ikoranabuhanga.

Umwe mu bagore wakorewe ibyo yagize ati:” Yari azi itariki yanjye n’aho navukiye, ambaza niba naripimishije nk’umugore witegura kubyara mu mezi ashize”.

Akomeza agira ati: “Yambajije ibibazo byinshi kandi byihariye (…) hanyuma ansaba ko tuvugana mu buryo bwa videwo binyuze kuri Zoom cyangwa Hangout (kandi) ansaba kumwereka ibice byanjye bwite kugira ngo nemeze ko bisuzumwe”.

Kugeza ubu uyu mugabo akaba ari mu maboko ya polisi aho ategerejwe kujyanwa mu butabera ngo akurikiranweho ibyaha 3 birimo kwiyitirira umwuga adakora, kwiba no kwambura ubusa abagore basaga 400 bose agamije kwishimisha.

 

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k
HOME

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In