Monday, September 25, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Ntibisanzwe! Umugeni yakoze ibara yambaye agatimba

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/05/12
in NTIBISANZWE
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Mu gihugu cya Kenya umugeni yatangaje benshi ubwo yazaga gusezerana ku bushake bwe maze yagera kuri altari atangiye gusomerwa amasezerano ndetse yitegura kurahira afumyamo amakanzu ayaterera ku mutwe arirukanka, umugabo we amwirukankaho rubura gica

Umuntu uwariwe wese wari watashye ubu bukwe yatunguwe ndetse agwa mu kantu kubera ko ibi ni ubwa mbere mu mateka y’abantu byari bibayeho.

Ibi byabaye ubwo Umugeni yakizwaga n’amaguru adashaka kwegera umugabo we, na we afata icyemezo cyo kumwirukaho aho bombi bagaragaye amuri inyuma amukurikirana.

IZINDI NKURU WASOMA

Ngororero: Umukobwa ari mu marira nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

Ibi byabereye mu ntara ya Kitui mu gihugu cya Kenya muri weekend ishize.

Nkuko bigaragara muri videwo imaze iminsi ikwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga umugeni yasize umugabo we kuri alitari yo mu rusengero maze asohoka yiruka yambaye ikanzu y’ubukwe abantu bayoberwa ibibaye.

Umugabo akibibona nawe yabaye nk’utunguwe maze asohoka akurikiye umugore maze umugensi asubije amaso inyuma abonye umugabo yamukurikiye sukwiruka amaguru ayabangira ingata.

Uyu mugeni wari wambaye ikanzu y’ubukwe yagaragaye ahunga umugabo we nkaho hari ikintu cyabaye gitunguranye, cyagenze nabi.

Abantu baketse ko uyu mugeni yaba yarahuye n’uburwayi butunguranye bukamufatira aho ngaho. Gusa ku rundi ruhande hari abatekereza ko uyu mugeni yaba yaravumbuye ingeso zitari nziza atari yarigeze amenya ku mugabo agahitamo gukizwa n’amaguru inzira zikigendwa.

Umugabo nawe yagaragaye amwiruka inyuma ibintu byatunguye benshi ariko kandi binababaza benshi.

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ngororero: Umukobwa ari mu marira nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023
1.4k
HOME

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023
1.4k
HOME

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ngororero: Umukobwa ari mu marira nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023

Kigali: Hashyizweho umurongo wo gukemura ibibazo by’abana bahohoterwa

September 17, 2023

Hamenyekanye abahanzi bazataramira abantu mu gitaramo cyiswe”Tujyane Mwami”

September 14, 2023

Abafite ubumuga barasaba guhabwa agaciro mu rusengero

September 12, 2023

Ntibisanzwe! Perezida wa Amerika na Bagenzi be bagaragaye mu ruhame batambaye inkweto

September 11, 2023

Ngoma: Abaturage baritegura gutaha ikigo nderabuzima gishya 

September 10, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In