Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home AMAKURU

Ntibisanzwe, Umugeni yakoze ibisa n’ubusazi mu bukwe bwe yiyambura imyenda abyinira abakwe

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2021/12/16
in AMAKURU
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Umugore uzwi ku izina rya Rochelle wo muri Leta ya Florida muri lata zunze ubumwe za America yakoze agashya mu bukwe bwe, akuramo agatimba yari yambaye hanyuma ahita aza ku mugabo we amukaragiraho ikibuno barabyina karahava ubwo bari mu bukwe bwabo.

Umutumirwa wari muri ubwo bukwe wiyise @-1karin kuri Twitter, yasangije videwo y’uyu mugeni abamukurikira maze itangira guca ibintu hirya no hino ku isi aho yayihaye umutwe ugira uti:’’Ese uyu n’umugeni?’’.

IZINDI NKURU WASOMA

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

Amashusho yagiye kuri Twitter, aho amaze kurebwa na miliyoni zirenga 2.8 ndetse benshi batangajwe n’imyitwarire y’uyu mugeni.

Inshuti n’abavandimwe bari muri ubwo bukwe basaga n’abishimiye iyi mibyinire idasanzwe y’uyu mugeni ariko kuri Twitter benshi bacitse ururondogoro bamwe bari kunenga ibyo uyu mugeni yakoze.

Amashusho yerekana iyi mibyinire yagaragaje abantu bakura telefone ngendanwa zabo mu mifuka kugira ngo bafate amashusho Rochelle ubwo yarimo kubyina indirimbo ’Dance for You’ ya Beyoncé yambaye imyenda idasanzwe kandi ari umugeni.

Ibi uyu mugeni yabikoze bigaragara ko yari yishimye bikomeye maze akaza kwegera umugabo we wari wicaye imbere,amushyiraho ikibuno aragikaraga cyane ndetse agenda azenguruka gusa umugabo we  yari yumiwe ari guseka.

Abari bambariye uyu mugore bo barimo kubyinira imbere y’abashyitse bambaye amakanzu maremare ariko asatuye mu gihe uyu mugeni yarimo kubyinira ku bibero by’umugabo we.

Abantu benshi banenze uyu mugeni bavuga ko yagombaga gutekereza ko hari abana bato bityo badakwiriye kureba iyo mibyinire y’urukozasoni yamuranze.

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In