Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Ntibisanzwe! Umugore yagaramye mu muhanda aratambikiza abuza imodoka gutambuka

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/03/28
in HOME, NTIBISANZWE
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Umugore nyuma yo kunywa inzoga agasinda yagaramye mu muhanda aratambikiza abuza imodoka gutambuka ahazwi nka Nyabisindu mu murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo

Mu gitondo cyo kur’uyu wa mbere hagati ya saa mbiri na saa tatu nibwo uyu mugore wari wasinze yabaye ibyatsi twamusanze agaramye mu muhanda w’ahazwi nka Nyabisindu mu murenge wa Remera yafunze umuhanda aho abantu bari bamushukamirinje ari benshi bamwe bamuseka abandi nabo basinze.

Aho ibi byabereye neza ni mu murenge wa Remera mu Kagali ka Nyabisindu mu muhanda ugana ahazwi nko ku ruganda urenze kuri Amani ahasanzwe n’ubundi hari utubari turara tunyweramo abantu ndetse bagasakuriza abahaturiye.

Ubwo twahanyuraga twahasanze abantu benshi wabonaga batangariye uyu mugore, gusa twagerageje kuvugana nabo baraduhunga ariko mu majwi bamwe ukumva bavuga ko uyu mugore ari muri babandi bicuruza.

Mu mashusho yafashwe yerekana uyu mugore yabujije imodoka gutambuka, aho yahise agarama mu muhanda rwa gati mu gihe abaturage bari bashungereye cyane.

Ubuyobozi bw’Akagali ka Nyabisundu twagerageje kuvugana nabo ntitwababona cyane ko ngo kuwa mbere abayobozi baba bari mu nama, tukaba tugikomeje kubakurikiranira iyi nkuru mu gihe twazaramuka tubashije kubona ubuyobozi tukazabagezaho icyo babivugaho.

Umugore yagaramye aratambikiza maze abuza imodoka gutambuka

REBA VIDEO HANO UKO BYARI BYIFASHE MU MUHANDA WA NYABISINDU KIBAGABAGA AHO UMUGORE YAGARAMYE MU NZIRA AKABUZA IMODOKA KUGENDA

https://ibendera.com/wp-content/uploads/2022/03/277329168_544191577011046_7991835758185080213_n.mp4
Facebook Comments Box

IZINDI NKURU WASOMA

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

Related Posts

HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In