Saturday, September 23, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home IMYIDAGADURO

Ntibisanzwe! Umukobwa w’imyaka 26 wavutse adafite amaboko, ivi n’amaguru yakoze ubukwe butungura benshi (Amafoto)

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2021/11/16
in IMYIDAGADURO
0
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Umukobwa ufite ubumuga w’umunyazimbabwe Sinikiwe Kademaunga yerekeje ku mbuga nkoranyambaga asangiza amafoto y’ubukwe bwe abantu, aho wabonaga bubereye ijisho maze bikora ku mitima ya benshi.

Mu mafoto meza yashyize ku rubuga rwe rwa Instagram, uyu mukobwa w’imyaka 26 wavutse adafite amaboko, amavi, namaguru, yagaragaye ahobera ndetse ari mu buryohe bw’urukundo n’umugabo we Reuben.

IZINDI NKURU WASOMA

Mu ikanzu nziza cyane Miss Elsa yakoze ubukwe na Prince Kid (amafoto)

Miss Lynda na Zaba nyuma yo gusomanira mu ruhame ibyabo byajemo rushorera

Urebye ku jisho ni amafoto anejeje kandi abereye ijisho aho uyu mugeni yayaherekeresheje amagambo agira ati: “Amafoto y’ubukwe bwange”

Sinikiwe Kademaunga yerekanye amafoto y’ubukwe bwe numugabo we, Reuben bari mu buryohe ndetse bagaragiwe n’abantu banyuranye aho bari bari kumwe n’ababambariye ku mpande zombi haba ku mugabo no ku mugore, bikaba byari bibereye ijisho.

Uyu mukobwa ntiyashatse kugaragaza igihe n’amatariki y’ubukwe gusa bikaba bivugwa ko ubukwe bwe bushobora kuba bwarabaye mu mpera z’ukwezi gushize bigendeye ku gihe amafoto yayashyiriye ahagaragara n’igihe abantu bagiye bamushimira banamwifuriza kugira urugo ruhire.

Mu gihugu cya Zimbabwe bivugwa ko ngo abafite ubumuga aria bantu usanga bakunze guhura n’ibibazo byo kwigunga, gusa uyu mukobwa akaba avuga ko we ubu ari mu munezero ndetse umutima we uri mu buryohe bw’urukundo akesha uwo yihebeye ariwe Reuben bagiye kusangira ubuzima bwabo bwose.

 

 

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Mu ikanzu nziza cyane Miss Elsa yakoze ubukwe na Prince Kid (amafoto)

September 2, 2023
1.5k
HOME

Miss Lynda na Zaba nyuma yo gusomanira mu ruhame ibyabo byajemo rushorera

August 21, 2023
1.5k
HOME

Mu Rwanda hadutse umuhanzi mushya uri kwitwara neza witwa ESPE IRADUKUNDA

August 20, 2023
1.4k
HOME

Umugore wa Nyakwigendera Jaypoly yabenze umusore bendaga kubana

August 16, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In