Monday, March 27, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home IMYIDAGADURO

Ntibisanzwe! Umukobwa w’imyaka 26 wavutse adafite amaboko, ivi n’amaguru yakoze ubukwe butungura benshi (Amafoto)

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2021/11/16
in IMYIDAGADURO
0
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Umukobwa ufite ubumuga w’umunyazimbabwe Sinikiwe Kademaunga yerekeje ku mbuga nkoranyambaga asangiza amafoto y’ubukwe bwe abantu, aho wabonaga bubereye ijisho maze bikora ku mitima ya benshi.

Mu mafoto meza yashyize ku rubuga rwe rwa Instagram, uyu mukobwa w’imyaka 26 wavutse adafite amaboko, amavi, namaguru, yagaragaye ahobera ndetse ari mu buryohe bw’urukundo n’umugabo we Reuben.

IZINDI NKURU WASOMA

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

Urubanza rwa Prince Kid rwimuriwe itariki

Urebye ku jisho ni amafoto anejeje kandi abereye ijisho aho uyu mugeni yayaherekeresheje amagambo agira ati: “Amafoto y’ubukwe bwange”

Sinikiwe Kademaunga yerekanye amafoto y’ubukwe bwe numugabo we, Reuben bari mu buryohe ndetse bagaragiwe n’abantu banyuranye aho bari bari kumwe n’ababambariye ku mpande zombi haba ku mugabo no ku mugore, bikaba byari bibereye ijisho.

Uyu mukobwa ntiyashatse kugaragaza igihe n’amatariki y’ubukwe gusa bikaba bivugwa ko ubukwe bwe bushobora kuba bwarabaye mu mpera z’ukwezi gushize bigendeye ku gihe amafoto yayashyiriye ahagaragara n’igihe abantu bagiye bamushimira banamwifuriza kugira urugo ruhire.

Mu gihugu cya Zimbabwe bivugwa ko ngo abafite ubumuga aria bantu usanga bakunze guhura n’ibibazo byo kwigunga, gusa uyu mukobwa akaba avuga ko we ubu ari mu munezero ndetse umutima we uri mu buryohe bw’urukundo akesha uwo yihebeye ariwe Reuben bagiye kusangira ubuzima bwabo bwose.

 

 

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023
1.5k
HOME

Urubanza rwa Prince Kid rwimuriwe itariki

March 9, 2023
1.4k
HOME

Umuhanzi Mico the Best yafunzwe, menya icyo yazize

March 6, 2023
1.5k
HOME

Umuhanzikazi Knowless yibarutse umwana wa 3

March 4, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In