Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Ntibisanzwe! Umunyeshuri agiye kuzira gutereta mwarimu we

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/09/26
in NTIBISANZWE
0
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Mu gihugu cya Nigeria muri Lagos Umunyeshuri yanyeganyeje imbuga nkoranyambaga kubera igikorwa yakoze aho yapfukamye agatera ivi asaba umwarimukazi we w’icyongereza kumubera umukunzi

Umunyeshuri wo mu ishuri rya Vetland Grammar School Agege Lagos, yavuze ko ngo akunda uyu mwarimukazi ahamya ko kuba yaramutereye ivi akamusaba urukundo ari ibintu yari amaranye iminsi.

IZINDI NKURU WASOMA

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

Ni Umunyeshuri wiga mu mwaka wa 3 wa Tronc commun mu mujyi wa Lagos akaba yahisemo gusaba umwarimu we w’icyongereza kumubera umukunszi.

Nkuko tubikesha urubuga rwa ng.opera.news ngo ibi byatunguye cyane ishuri ryose kuko umunyeshuri wa SS3, Vetland Grammar School Agege Lagos, yahisemo gusaba urukundo umwarimu we w’icyongereza akabikorera mu ruhame .

Ikindi kigaragaza kandi ko ngo uyu munyeshuri ibyo yakoze bitamutunguye nuko ngo yari yamaze kubimenyesha inshuti ze mbere yo kubikora.

Uyu munyeshuri ngo yagaragaje urukundo rwe aho ngo yandikiye uyu mwarimukazi ibaruwa amutaka uburyo ari mwiza ndetse yanyuze umutima we nuko ibaruwa ayishyira ku rupapuro rw’igitabo cy’imyitozo ngororamubiri .

Mwarimu ngo yasomye ibaruwa yamwandikiye aza kumutumaho mu cyumba cy’abarimu maze mwarimu amufata akaboko basubira mu ishuri bagezemo abanza kubabwira amanota bagize mu isuzuma yari yabahaye maze umusore abona amanota 17kuri 20 kuko ngo yari umuhanga nyuma asaba uyu musore gusomera abanyeshuri ibyo yakoze mu ibaruwa yamwandikiye imusaba urukundo.

Uyu musore ngo yahise akora mu mufuka azamura impeta arambika ivi ku butaka asaba umwarimu kumubera umukunzi.

Ibi byahise ngo biteza induru mu banyeshuri umwarimu abura aho akwirwa yiruka agana mu cyumba cy’abarimu shishitabona.

Kugeza ubu ikigo gitangaza ko uyu munyeshuri ibyo yakoze atari byo ndetse kikaba kivuga ko azahabwa ibihano birimo no kuba yakwirukanwa azira urukundo yakunze mwarimu we.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In