Wednesday, October 4, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Ntibisanzwe! Umupasiteri yatamarijwe mu rusengero n’umugore yasambanyije

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/05/25
in NTIBISANZWE
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Pasiteri John Lowe II wo muri America yamwariye mu rusengero nyuma yo gukorwa n’isoni atamajwe n’umugore yasambanyije.

Pastori John Lowe II w’itorero rya Indiana w’imyaka 65 y’amavuko yabwiye itorero rye ko yacumuye agasambana mu myaka igera kuri makumyabiri.

Aya magambo ye atangaje yatumye umugore atera hejuru agaragaza ko ari we wahohotewe afite imyaka 16 n’uyu mupasiteri .

IZINDI NKURU WASOMA

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

Ibi byaje kuba ubwo uyu mupasiteri yari ari mu rusengero yihanisha abantu uburaya, mu bakirisito hahaguruka umugore ushaka kwihana ndetse ngo anavuge uwo bakoranye imibonano mpuzabitsina, ariko ntiyigeze abona umwanya.

Muri leta ya Indiana iherereye muri Amerika, ubwo pasiteri John Lowe II yigishaga, umugore yahagurutse avuga ubwo yari afite imyaka 16, uyu mupasiteri yamusambanyije, nyuma Pasiteri John Lowe II yabuze aho akwirwa ahita yemera  ko aribyo.

Urubuga rwa nypost.com rutangaza ko John Lowe II w’imyaka 65, yasabye imbabazi abayoboke yigisha avuga ko ari igikomere kitazanakira kuko byabaye ari ibitungurajye ndetse agira inama abandi yo kwihana bya nyabyo.

Pasiteri John Lowe II yashimangiye ko kandi n’umuryango we wamubabariye ndetse akaba abayeho yigenga ndetse abohotse ku mutima.

Nyuma y’ibi yahise atangaza ko aretse kwigisha mu rusengero, ndetse no kutongera gusenga nk’inkurikizi y’icyaha ahita ava kuri Alitari.

Pasiteri John Lowe II watamarijwe mu rusengero n’umugore yasambanyije

Pasiteri John Lowe II akaba yasoje imirimo mu Itorero rya Gikristo rya New Life ndetse no ku isi hose.

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

October 3, 2023
1.5k
HOME

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

October 2, 2023
1.4k
HOME

Pasiteri yongwe yafunzwe, akurikiranweho ibyaha bifitanye isano n’uburiganya

October 2, 2023
1.5k
HOME

Mu nama z’Abaturage hagiye kujya hatangwa ubutumwa ku itegeko ryo gukuramo inda mu buryo byemewe

September 28, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

October 3, 2023

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

October 2, 2023

Nyanza: Umusore yiyahuriye muri kasho

October 2, 2023

Pasiteri yongwe yafunzwe, akurikiranweho ibyaha bifitanye isano n’uburiganya

October 2, 2023

Mu nama z’Abaturage hagiye kujya hatangwa ubutumwa ku itegeko ryo gukuramo inda mu buryo byemewe

September 28, 2023

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

September 25, 2023

Ngororero: Umukobwa aratabaza nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In