Saturday, September 23, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Ntibivugwaho rumwe, Sofiya zo mu muhanda zatangiye kugongwa

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/01/12
in NTIBISANZWE
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Imodoka yari iri mu Muhanda uva ahazwi nko mu Kanogo werekeza Rwandex mu Murenge wa Gikondo mu Karere ka Kicukiro, yakoze impanuka igonga camera zandikira abarengeje umuvuduko w’ibinyabiziga zizwi nka Sofia, yaba Camera ndetse n’imodoka byombi byikubita hasi, gusa hakaba hari abavuga ko iyi modoka ishobora kuba ari iy’umuyobozi.

 Iyi mpanuka ikomeye yabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri, aho yakozwe n’imodoka yo mu bwoko bwa Toyota ikaba yagonze iyi Camera izwi nka Sofiya.

IZINDI NKURU WASOMA

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

Iyi modoka yambaye plaque ya RAD 120 Q ikaba nayo yahise igarama mu muhanda  mu gihe camera yo yashise igwa hasi gusa amakuru yerekeye ubuzima bw’abari bayirimo ntiburatangazwa ariko hakaba hari n’abavuga ko iyi modoka ishobora kuba ari iy’umuyobozi cyangwa umuntu wifite bagendeye ku kuba iyi modoka igaragara nk’ihenze.

Umwe mu bageze ahabereye iyi mpanuka ikimara kuba,watanze ubuhamya avuga ko ubwo yari mu mdodoka avuye gucyura abana be bari bavuye ku ishuri yasanze iyi modoka yagonze iyi Camera, na yo yabanje kugongwa n’indi modoka igahita igenda igasekura iyi camera.

Ubusanzwe ikinyabiziga gikoze impanuka nk’izi kikagonga ibikorwa byo ku muhanda, nk’ibiti by’imikindo biteye ku muhanda ndetse n’ibyuma biba biriho amatara yo ku muhanda, bahanishwa amande aremereye ashobora kugera kuri miliyoni y’amafranga y’u Rwanda n’igifungo gishobora kumara ibyumweru bibiri mu rwego rwo kurinda ko ibi bikorwa remezo bikomeza kwangizwa.

Gusa ku birebana na Sofiya zo mu muhanda hakaba hataramenyekana ibihano abazangiza cyangwa abazigonga bahabwa dore ko zitaramara igihe kinini zishyizweho mu Rwanda.

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023
1.4k
HOME

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Hashyizweho umurongo wo gukemura ibibazo by’abana bahohoterwa

September 17, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023

Kigali: Hashyizweho umurongo wo gukemura ibibazo by’abana bahohoterwa

September 17, 2023

Hamenyekanye abahanzi bazataramira abantu mu gitaramo cyiswe”Tujyane Mwami”

September 14, 2023

Abafite ubumuga barasaba guhabwa agaciro mu rusengero

September 12, 2023

Ntibisanzwe! Perezida wa Amerika na Bagenzi be bagaragaye mu ruhame batambaye inkweto

September 11, 2023

Ngoma: Abaturage baritegura gutaha ikigo nderabuzima gishya 

September 10, 2023

Rulindo: Abantu bacukuye imva batwara ibihumbi 500Frw uwapfuye yashyinguranywe

September 9, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In