Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home AMAKURU

Nyaruguru : Minisitiri Gatabazi yasezeranyije abaturage ikintu gikomeye

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2021/11/09
in AMAKURU
0
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Nyuma y’aho abaturage bo mu karere ka Nyaruguru bagaragarije ko bifuza uruganda rwongerera agaciro ibirayi bahinga rukabikoramo amafiriti n’ibindi, Minisitiri w’ubutegetsi bw’Igihugu Gatabazi Jean Marie Vianney yatangaje ko azabakorera ubuvugizi uru ruganda rukaboneka.

Ubusanzwe Akarere ka Nyaruguru ni kamwe mu turere duhinga ndetse tukeza ibirayi cyane. Mu kwezi kwa gatanu uyu mwaka w’2021, Umwe mu bahinzi wabyo waganiriye n’umunyamakuru w’Isango Star yavuze ko” Tweza ibirayi cyane kuburyo tubuze isoko byanadupfana. Iyi sambu ihinze ibirayi ni iyanjye, ubuse byeze nta soko cyangwa uruganda ni igihombo kuko byapfana !” undi ati :” Ubuyobozi bwadufasha kugira ngo tubone uruganda kuko ibi birayi dufite ni ibirayi bitubutse ! Tugize amahirwe tukabona uruganda byatuma noneho umusaruro wacu wingererwa agaciro, tutarinze dutegereza ko abo hirya no hino baza kutugurira hano.”
Ni icyifuzo cyakiriwe neza n’ubuyobozi ndetse ko kubaka urwo ruganda bikiri gutekerezwaho. Icyakora Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney yavuze ko agiye gukora ubuvugizi, urwo ruganda rukubakwa. Yagize ati :

IZINDI NKURU WASOMA

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

“ Umusaruro uko uzamuka , isoko ry’ibirayi ntabwo riri I Butare, cyangwa I Kigali gusa, isoko ry’ibirayi ushobora kurisanga no muri South Africa, Mozambique, I Burayi, Amerika…ibirayi birakenewe ku isi yose. Niyo mpamvu rero perezida wa repibulika yemeye ko iyi mihanda ikorwa(….) ni imihanda ifasha abatiurage kugeza umusaruro wabo ku isoko. Ubwo ni beza gutekereza uruganda bizaza byiyongeraho ko byibuze isoko ryabonetse. Ikibazo cyari gishingiye ko nta mihanda bari bafite ariko ubwo yabonetse bazabijyana ku isoko ariko n’icy’uruganda narwo rugatekerezwaho.”

Yongeraho ko “inganda nk’izi zatangiye gukoreshwa mu ntara y’Amajyaruguru n’iy’Iburengerazuba, naha rero ntabwo rwahabura. Ahubwo nimuzamure umusaruro.”
Ubuhinzi bw’ibirayi mu karere ka Nyaruguru kugeza ubu, mu mirima idatunganyijwe mu buryo bugezweho, babona umusaruro ungana na toni 10 kuri hegitari imwe, ndetse ku buso butanganyijwe bwo bezaho ibirayi bisaga toni zisaga 30 kuri hegitari imwe.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k
HOME

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In