Saturday, September 23, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home IMYIDAGADURO

Nyuma yo kuvugwaho ubutinganyi umwe mu bakobwa bitabiriye Miss Rwanda agiye kurongorwa

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/06/29
in IMYIDAGADURO
0
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Nyuma y’ibyagiye bivugwa ko Mutoni Balbine yaba agira uko yigenza hagati ye n’abakobwa bagenzi be, ndetse na nyuma yo kumuvugaho byinshi bitewe n’ifoto ye yigeze gushyira hanze yambaye uko yavutse ubu inkuru ishimishije nuko uyu mukobwa agiye gukora ubukwe n’umusore uzwi nka Kwitonda Arsene

Ku itariki 9 Gashyantare 2017 uyu mukobwa yavuzweho cyane mu itangazamakuru biturutse kuri bamwe mu bamukurikira ku mbuga nkoranyambaga bamwise “umutiganyi”kubera ifoto ye ari kumwe n’undi mukobwa, Miss Mutoni Balbine yashyize kuri Instagram yandikaho ati “Ni umwaka wa 2017 mwa bantu mwe! Ni mucyo twige kudaca imanza…” Aha abantu bakaba baraketse ko yaba agiye kubana na mugenzi we bahuje igitsina.

IZINDI NKURU WASOMA

Mu ikanzu nziza cyane Miss Elsa yakoze ubukwe na Prince Kid (amafoto)

Miss Lynda na Zaba nyuma yo gusomanira mu ruhame ibyabo byajemo rushorera

Gusa uyu mukobwa yahisemo kuruca ararumira ariko ubu nyuma y’imyaka isaga 7 ari mu rukundo na Kwitonda Arsène, Miss Balbine Mutoni agiye gukora ubukwe.

Ibi byabaye impamo nyuma y’uko integuza y’ubukwe (Save The Date) bwa Kwitonda Arsène na Balbine Mutoni yamaze kugera hanze.

Ubukwe bwa Kwitonda Arsène na Balbine Mutoni buzaba tariki ya 01 Ukwakira uyu mwaka wa 2022.

Balbine Mutoni yitabiriye irushanwa rya Miss Rwanda mu mwaka wa 2015 aho yaje kwegukana ikamba ry’igisonga cya 4 (4th Runner Up Miss Rwanda 2015).

Uyu mukobwa yaje kugaruka ari mu bakobwa 15 bahataniye ikamba rya Miss Rwanda 2016 gusa biza kurangira atashye amara masa.

Uyu mukobwa kandi asanzwe afite n’ikamba rya Nyampinga w’amashuri yisumbuye mu Rwanda yegukanye muri 2014.

Miss MUTONI Barbine Yavutse mu mwaka wa 1996, areshya na 1.73, agapima ibiro 55 akaba yarigeze gukora nk’umunyamakuru kuri Radio 10, aho yaje kuva ajya kwiga Kaminuza mu Mujyi wa Toronto muri Canada.

Ku rundi ruhande Arsène Kwitonda ugiye kurongora Miss Barbine akaba ari Injeniyeri (Ingénieur) mu bijyanye na Mécanique akaba ari umusore ufite ifaranga dore ko akorana na company ya Phoenix iba muri Arisona muri leta zunze ubumwe za America.

Aha Miss Barbine yasabye imbabazi ubwo iyi foto yajyaga hanze avuga ko yamucitse ikajya hanze atabishaka
Aha nibwo abamukurikira baketse ko yaba ari umutinganyi nyuma yo gupostinga ifoto ari kumwe na mugenzi we
Uyu ni Alsene KWITONDA umusore bagiye kubana

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Mu ikanzu nziza cyane Miss Elsa yakoze ubukwe na Prince Kid (amafoto)

September 2, 2023
1.5k
HOME

Miss Lynda na Zaba nyuma yo gusomanira mu ruhame ibyabo byajemo rushorera

August 21, 2023
1.5k
HOME

Mu Rwanda hadutse umuhanzi mushya uri kwitwara neza witwa ESPE IRADUKUNDA

August 20, 2023
1.4k
HOME

Umugore wa Nyakwigendera Jaypoly yabenze umusore bendaga kubana

August 16, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023

Kigali: Hashyizweho umurongo wo gukemura ibibazo by’abana bahohoterwa

September 17, 2023

Hamenyekanye abahanzi bazataramira abantu mu gitaramo cyiswe”Tujyane Mwami”

September 14, 2023

Abafite ubumuga barasaba guhabwa agaciro mu rusengero

September 12, 2023

Ntibisanzwe! Perezida wa Amerika na Bagenzi be bagaragaye mu ruhame batambaye inkweto

September 11, 2023

Ngoma: Abaturage baritegura gutaha ikigo nderabuzima gishya 

September 10, 2023

Rulindo: Abantu bacukuye imva batwara ibihumbi 500Frw uwapfuye yashyinguranywe

September 9, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In