Monday, March 27, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Ubwoba ni bwose ku bapolisikazi birukanwe bazira gutwita inda zitateganyijwe

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/09/11
in NTIBISANZWE
0
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Abapolisikazi bagera kuri 5 birukanwe bazira gusambana bagaterwa inda ubwo bari mu mahugurwa, leta ya zimbabwe ikaba ivuga ko bashobora gukomeza gukurikiranwa na nyuma yo kwirukanwa mu kazi

Iyi nkuru yabaye kimimo nyuma y’uko aba bapolisikazi bagera kuri batanu bose bakomoka muri Zimbabwe bakorewe ibizamini bikagaragaza ko batwite inda baterewe mu mahugurwa yabo i Morris Depot i Harare.

IZINDI NKURU WASOMA

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

Amategeko yo muri iki gihugu avuga ko Umupolisi w’umugore utwite mu gihe cy’amahugurwa yo gushaka abakozi asezererwa burundu. Gusa iri tegeko rikavuga ko umupolisi uje mu mahugurwa wubatse cyangwa utarashatse atwite, ashobora gusaba ikiruhuko cyo kubyara akurikije amabwiriza ya polisi nubwo iri tegeko ritareba abatwitiye mu mahugurwa kandi nta bagabo bahafite.

Ikinyamakuru bulawayo24.com dukesha iyi nkuru gitangaza ko kugeza ubu bitaramenyekana abazibateye niba ari abakunzi babo cyangwa ari ababakoreshaga ayo mahugurwa gus aba bakobwa bo bakaba baruciye bakarumira kugeza na nubu.

Iki kinyamakuru gikomeza kivuga ko aba bapolisikazi basanzwe batwite ari Mambwe Peace, Mzumala Grace, Nzvege Ashwny, Jachi Gina na Kutesera Delyn Fungisai.

Igipolisi cya Zimbabwe kikaba cyarakoze ibizamini hakoreshejwe ikizami cy’inkari ku bagore 162 binjijwe mu gisirikare ku ya 30 na 31 Kanama uyu mwaka aho bitanu byagaragaje ko ba nyirabyo batwite.

Ku itariki 5 Nzeri uyu mwaka nabwo hakozwe ibindi bizamini basanga uwitwa Mzumala Grace afite inda y’ubyumweru bitanu n’iminsi ibiri naho Nzvege Ashwny atwitwe inda y’ibyumweru 15 n’iminsi 3, Jachi Gina atwite y’ibyumweru 14 n’iminsi 2, Kutesera Delyn Fungisai atwite iy’ibyumweru 11 n’iminsi 6 naho Mambwe Peace basanga atwite ariko inda ikaba itaragaragara neza.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In