Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home AMAKURU

Paul Rusesabagina yavuzweho iki mu ruzinduko rwa Blinken mu Rwanda?

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/08/12
in AMAKURU
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe za Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Antony Blinken wageze i Kigali mu masaha y’ijoro kuri uyu wa Gatatu aje kuganira n’abayobozi b’u Rwanda ibibazo bitandukanye birimo n’icya Paul Rusesabagina yirinze kuvuga icyo yaganiriye na Presida Kagame w’u Rwanda ariko avuga ko leta ye izakomeza gukurikirana iki kibazo

Uyu muyobozi umaze iminsi ari mu ngendo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo no mu Rwanda uruzinduko rwe yarusoreje mu Rwanda aho mu kiganiro n’abanyamakuru yavuze bimwe mu byavuye mu ruzinduko rwe ariko ku birebana na Rusesabagina yirinda kugira icyo atangaza.

Anthony Blinken kuri Twitter yavuze ko yanyuzwe n’ibiganiro yaganiriye na bariya bayobozi bombi ndetse avuga ko byagize umusaruro, aho baganiriye ku kibazo cy’umutekano muke mu burasirazuba bwa Congo, kurwanya ruswa, gushyigikira ubucuruzi n’ishoramari, guhangana n’imihindagurikire y’ibihe no kubaka ubuhinzi bwihanganira ingaruka z’imihindagurikire y’ibihe.

Blinken yavuze ko hatakurikijwe amategeko kugira ngo Rusesabagina acirwe urubanza rutagira inenge.

Inkuru ya BBC ivuga ko uyu Rusesabagina Paul yahoze aba muri Amerika mu buryo bwemwe n’amategeko ariko mu mwaka w’2020 akaza kwisanga ageze mu Rwanda mu buryo yavuze ko butakurikije amategeko.

Dr Vincent BIRUTA, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda

Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta yavuze ko Rusesabagina yaciriwe urubanza “hakurikijwe amateko y’u Rwanda n’amategeko mpuzamahanga kandi ko asaba ko hubahwa ubucamanza n’inzego z’u Rrwanda.

Kuri iki kibazo cya Rusesabagina, Antony Blinken yavuze ko nta byinshi agitangazaho ariko avuga ko bakivuganyeko n’umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda kandi ko Amerika izakomeza kugikurikirana.

Ni uruzinduko Antony Blinken yatangiriye muri Afurika y’Epfo, rugakomereza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akaba yaraye arusoreje mu Rwanda.

IZINDI NKURU WASOMA

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

RUSESABAGINA Paul mu mwambaro w’imfungwa aherekejwe n’abacungagereza
Umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe za Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Antony Blinken

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k
HOME

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In