Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Rumwe mu rubyiruko rwitiranya Umuryango Caritas uba muri Kiriziya Gatolika n’ibitutsi bya gishumba

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/02/15
in NTIBISANZWE
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Urubyiruko rumwe na rumwe ruvuga ko Umuryango wa Caritas ari umuryango wo gufasha abatishoboye ariko hakaba n’abandi bavuga ko batawuzi uretse kumva gusa abantu batukana ngo wa MUKARITAS WE

Mu kiganiro IBENDERA.COM twagiranye n’urubyiruko rutandukanye mu bihe bitandukanye har’abibaza icyo Caritas aricyo abandi ugasanga hari bimwe mu bikorwa by’uyu muryango bazi ariko nabo bakavuga ko nta bumenyi burambuye bazi ku bikorwa by’uyu muryango.

IZINDI NKURU WASOMA

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

HABIMANA John wo mu Karere ka Kicukiro agira ati:”Numva abantu batukana ngo WA MUKARITASI we sinzi icyo bivuga kuko niyo urebye usanga ririya zina atari ikinyarwanda, nange ahubwo muzambarize munsobanurire”.

NIYONSENGA Appaulin wo mu ntara y’Amajyepfo ariko akaba ubu asigaye aba mu mugi wa Kigali agira ati:”uyu muryango ndawuzi kuko niga ni wo wandihiriye amashuri, nzi ko ari umuryango ufasha abatishoboye ukabafasha mu bikorwa binyuranye nko kurihirira amashuri abana b’abakene n’ibindi,….

Hari n’abandi bagiye batubwira ko uyu muryango ibikorwa byawo batabizi ndetse bagasaba ba nyir’uyu muryango kongera ubukangurambaga bwawo hirya no hino muri rubanda

Padiri TWIZEYUMUREMYI Donatien ukuriye uyu muryango muri Disezi ya Kigali avuga ko uyu muryango watangiye mu Rwanda mu myaka ya 1959 ariko muri diosezi ya Kigali ugatangira mu mwaka w’1976 utangijwe n’abepisikopi kuko watangiranye na Diyosezi ya Kigali.

Padiri akomeza avuga ko uyu muryango ufasha abantu bose bababaye utitaye ku idini runaka bakabafasha mu bikorwa by’ibanze nk’ibyo kurya, kwambara n’ubuvuzi bikubiye mu nzego eshatu arizo gufasha abakene, gufasha abahuye n’ibiza no mu birebena n’ubuzima.

Kurikira iyi nkuru mu buryo bwa Video unyuze kur’iyi link iri hasi :

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In