Wednesday, October 4, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Rusizi: Umupadiri ari mu gahinda nyuma y’ibyo yakorewe n’amabandi

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2023/07/25
in HOME, AMAKURU
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Mu karere ka Rusizi, Umupadiri wo muri Diyoseze ya Cyangugu muri Paruwasi ya Nkaka, yahuriye n’abajura imbere ya  Kiriziya bamwamburiye ibyo yari afite byose .

Inkuru yamenyekanye mu gitondo cyo kur’uyu wa kabiri iviga ko ku mugoroba wo kur’icyi Cyumweru tariki ya 23 Nyakanga, 2023 ku isaha ya saa mbiri z’umugoroba (20h00) umupadiri yasohotse mu kiliziya asanga abajura bamuteze bamwambura ibyo yari afite ariko ku bw’amahirwe ntibamwica.

IZINDI NKURU WASOMA

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

Unkuru dukesha umuseke ivuga ko kuba uyu mupadiri yasagariwe bikomeye kugeza n’aho aba bajura bashoboraga kumwica.

Uyu mupadiri avuga uko yahuye n’aya mabandi yagize ati:“Nka saa mbiri zibura cumi n’itanu (19h45) nasohotse mu rugo aho tuba nyuze mu kayira kari munsi ya Kiliziya, mbona umuntu anturutse imbere ansatira arambwira ngo muhe ibyo mfite byose, mubaza impamvu abinyaka hahita haza abandi babiri baransaka, byose baratwara.”

Yakomeje avuga ko ibyo yari afite byose birimo telefoni y’akazi, amafaranga, perimi n’ibindi babimwambuye ku bw’amahirwe ariko bamusiga ari muzima.

Uyu mupadiri avuga ko bamwambuye ibyangombwa bya moto, perimi, telefoni, n’amafaranga ibihumbi makumyabiri (20,000Frw) gusa ngo yaje kuvuza induru atabarwa n’umuzamu wa Paruwasi n’abaturage .

Bivugwa ko mur’aka gace ngo ubwambuzi bumaze gufata indi ndera dore ko ngo batagitinya no kwambura abantu ku manywa y’ihangu kandi ngo baba bitwaje intwaro gakondo n’imbwa z’inkazi.

Ntivuguruzwa Gervais Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Nkanka yavuze ko bamaze iminsi bakira ibirego by’abaturage bakorewe ubujura, bafite n’ibimenyetso bakaba bari gukusanya imyirondoro y’abakekwaho gukora ubwo bujura kugira ngo bafatwe bahanwe.

Hirya no hino mu duce tunyuranye tw’u Rwanda hamaze iminsi havugwa ubujura n’ubwambuzi gusa umuvugizi wa polisi y’u Rwanda CP John Bosco KABERA akaba aheruka gutangaza ko umuntu wese wiba cyangwa akambura abantu ibyabo Polisi y’u Rwanda itazamwihanganira ko azashakishwa kugeza afashwe kandi akabihanirwa.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

October 3, 2023
1.5k
HOME

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

October 2, 2023
1.4k
AMAKURU

Nyanza: Umusore yiyahuriye muri kasho

October 2, 2023
1.4k
HOME

Pasiteri yongwe yafunzwe, akurikiranweho ibyaha bifitanye isano n’uburiganya

October 2, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

October 3, 2023

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

October 2, 2023

Nyanza: Umusore yiyahuriye muri kasho

October 2, 2023

Pasiteri yongwe yafunzwe, akurikiranweho ibyaha bifitanye isano n’uburiganya

October 2, 2023

Mu nama z’Abaturage hagiye kujya hatangwa ubutumwa ku itegeko ryo gukuramo inda mu buryo byemewe

September 28, 2023

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

September 25, 2023

Ngororero: Umukobwa aratabaza nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In