Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home AMAKURU

Rwamagana: Abakozi barimo n’abarimu baratabaza

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/10/21
in AMAKURU
0
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Mu Karere ka Rwamagana haravugwa abakozi binubira kwishyuzwa ku ngufu amafaranga yo gufasha ikipe y’aka Karere

Aba barimu bakaba basaba kurenganurwa nyuma y’aho bari gusabwa aya mafaranga n’ubuyobozi bw’Akarere kandi bakavuga ko ngo batabanje kubiganirizwaho ngo bifatweho umurongo wemerwa na bose.

IZINDI NKURU WASOMA

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

Aba barimu bavuga ko bakatwa amafaranga angana na 1% kugira ngo ahabwe ikipe ya Rwamagana City ibarizwa mu cyiciro cya mbere cy’umupira w’amaguru mu Rwanda, aya mafaranga basabwa bakaba bavuga ko ashyirwa muri compte ya 00071390112848 iri muri Banki ya COGEBANQUE.

Aba barimu bavuga ko ibi byaba ari uguhohoterwa cyangwa igitugu dore ko ngo nta nama bigeze bagishwa mbere yo gukorerwa ibi.

Bavuga ko mu gihe Leta iherutse kubongeza umushahara batiyumvisha ukuntu Akarere kahita kababonerana kagatangira kubatwarira amafaranga batabanje kubiganirizwaho.

Twagerageje kuvugana n’umuyobozi w’aka Karere MBONYUMUVUNYI Ladjab ariko ntibyadukundira gusa aba bakozi bakaba bavuga ko ubusanzwe iyo hajyaga hari ikibazo bajyaga babanza kukiganiraho n’ubuyobozi bw’Akarere ariko ubu bwo akaba atariko byagenze bakaba basaba ko ibi byahinduka.

Iyi kipe basabwa gutera inkunga ariko bakavuga ko bikorwa ku ngufu kuko batabisabwe yazamutse mu cyiciro cya Kabiri uyu mwaka aho yazamukanye n’indi yo mu Karere ka Nyagatare bakaba bibaza impamvu abo muri Nyagatare bo badakatwa amafaranga bikaba kuri bo bonyine kandi ikipe zombi ari izo mu Ntara imwe y’iburasirazuba.

Turakomeza kubakurikiranira iby’iyi nkuru mu gihe twaramuka tumenye icyo ubuyobozi bw’Akarere bubivugaho tukaza kukibamenyesha mu zindi nkuru zacu .

MBONYUMUVUNYI Radjab, Umuyobozi w’Akarere ka Rwamagana

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k
HOME

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In