Saturday, March 25, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2023/03/14
in HOME, AMAKURU
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Abarimu bo mu Rwanda nyuma yo kongezwa umushahara ubu bashyiriweho gahunda ya Gira iwawe aho bazahabwa inzu zo kubamo, ku rundi ruhande abanyamakuru bo baracyategereje umucunguzi kuko ubukene burabarembeje.

Inkuru dukesha Ikinyamakuru Taarifa ivuga ko Banki Nyarwanda y’iterambere, BRD, yasinyanye amasezerano na Umwarimu SACCO yo kuzafasha abarimu gutunga inzu zabo binyuze mu cyo bise ‘Gira Iwawe’.

IZINDI NKURU WASOMA

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

Iyi ikaba ari indi nkuru nziza ku mwarimu nyuma y’uko Leta ifashe icyemezo cyo kubazamurira umushahara.

Amasezerano yasinywe kuri uyu wa Mbere taliki 13, Werurwe, 2023 hamwe n’ubuyobozi bw’Umwarimu SACCO avuga ko abarimu benshi bazabona iriya nguzanyo ikazishyurwa mu myaka 15.

Amasezerano yasinywe kuri uyu wa Mbere taliki 13, Werurwe, 2023

Iyi ni inkuru nziza kandi yishimiwe na bamwe mu barimu gusa ku rundi ruhande abanyamakuru bo bakomeje kokamwa n’ubukene.

MUHOZA Gervais (amazina yahinduwe) asaba ko n’abanyamakuru bakwiriye gutekerezwaho ku birebana n’iterambere ryabo.

Uyu agira ati:” Iyo umukozi agiye mu nama runaka yemerewe guhabwa insimburamubyizi, ariko umunyamakuru iyo agiyeyo usanga bamuteragirana bavuga bati wowe nta tegeko ritwemerera kuguha insimburamubyizi niyo twayaguha bashobora kuvuga ko ari ruswa tuguhaye”.

Uyu agakomeza agira ati:” None niba bimeze gutya, umunyamakuru azatera imbere bgenze gute ko Abanyarwanda batamamaza ngo tuvuge ngo bazatungwa na publicite?

Uyu asoza asaba inzego zitandukanye kunamura amaso bakagerageza no kwibuka abanyamakuru.

Ni nyuma y’aho kuwa 01 Kanama 2022, Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr Edouard Ngirente yatangaje ko abarimu bazamuriwe umushahara ku kigero cya 88% ku barimu bo mu mashuri abanza, na 40% ku barimu bafite impamyabumenyi za A1 na A0.

Uyu ni mwarimu wo mu Rwanda

 

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k
HOME

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In