Thursday, March 23, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Rwanda: Umunyamakuru w’imyidagaduro yamaze kuregwa muri RIB

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2023/02/02
in HOME, AMAKURU, IMYIDAGADURO
0
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Umunyamakuru witwa Fatakumavuta yamaze kuregwa n’Uwitwa Noopja usanzwe afite inzu itunganya umuziki izwi nka Country Records akaba avuga ko yamaze kumurega muri RIB gusa akaba yirinze kuvuga icyatumye amurega.

Uyu munyamakuru witwa SENGABO Jean Bosco ariko ukunda kwiyita Fatakumavuta avugwaho kuba ngo yaba yaratangaje ko afite amakuru ku rupfu rw’umuvandimwe wa Noopja ariko akaba yaranze kuyatanga, ibi bikaba biri mu bikekwa ko byaba byabaye intandaro yo kugezwa muri RIB.

IZINDI NKURU WASOMA

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

Uyu muvandimwe wa Noopja aherutse kwitaba Imana aho bivugwa ko ngo yaba yarazize amarozi gusa Fatakumavuta ngo yavuze ko afite amakuru ku cyaba cyarateye urupfu rwe ariko yirinda kuyashyira ahagaragara.

Inkuru dukesha urubuga rwa Radiotv10 ivuga ko ngo uyu munyamakuru yakomeje gusabwa na Noopja kuba yamubwira icyateye urupfu rw’umuvandimwe we waruzwi ku izina rya Kinyoni ariko undi akinangira, ibintu ngo byateye agatotsi hagati yabo bombi.

Twagerageje kumenya icyo uyu Fatakumavuta yaba akurikiranweho ariko kugeza ubu Urwego rw’ubugenzacyaha mu Rwanda RIB ntibarabasha kuduha amakuru, mu gihe baramuka bemeye kugira icyo badutangariza tukazakibamenyesha.

Si ubwa mbere ariko uyu Fatakumavuta agezwa muri RIB kuko no mu kwezi kwa 10 mu mwaka wa 2022 nabwo yari yagejejwe muri RIB avugwaho ubuhemu.

Nguyu Noopja usanzwe afite inzu itunganya umuziki izwi nka Country Records
Fatakumavuta yongeye kuregwa muri RIB
Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k
HOME

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023
1.4k
HOME

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

Kigali : Le CICR s’engage à respecter ses principes fondamentaux

March 10, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In