Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Rwanda: wa mwana wasabiwe gufungwa imyaka 10 akatiwe igihano gisubitse

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2023/02/03
in HOME, AMAKURU
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Umwana w’imyaka 14 watumye abantu bavuga ndetse bakibaza byinshi kubera uburyo yamaze amezi menshi afunze bivugwa ko ngo akurikiranweho gucuruza urumogi akatiwe gufungwa imyaka ibiri isubitse mu gihe cy’imyaka ine.

Ni urubanza rwaburanishijwe n’Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rukaba rwabereye mu muhezo. Ni nyuma y’aho bivuzwe ko uyu mwana yaba yaramaze igihe afunze abantu benshi bakinubira uburyo yafashwemo kandi akiri umwana aho ngo yafunzwe kuwa 18 Ugushyingo 2022 akaba yarakurikiranweho gucuruza urumogi aho umucamanza avuga ko ngo yafatanwe udupfunyika duto (bule)51.

IZINDI NKURU WASOMA

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

Umucamanza avuga ko uyu mwana yaburanye yemera icyaha akaba ariyo mpamvu yahawe icyi gihano, yemeza ko koko uyu mwana afite imyaka 14 itegeko rikaba riteganya ko umwana wese uri mur’iyimyaka iyo akoze icyaha mpanabyaha agikurikiranwaho.

Nyuma yo guhabwa igihano cy’imyaka ine gisubitse bivuze ko ngo uyu mwana agomba kwirinda kugira irindi kosa agwamo mu gihe kingana n’iyi myaka kuko ngo byatuma ubutabera buhera kuri cya gihano gisubitse yari yahawe mbere bityo bikaba byatuma afungwa igihe kinini.

Amakuru dukesha Umuseke avuga ko umubyeyi (Nyina) w’uyu mwana nawe ari gukora igihano cy’imyaka 15 yakatiwe ku cyaha cyo gucuruza urumogi.

Umuryango CLADHO uharanira ukanateza imbere uburenganzira bwa muntu ukaba winubiye uburyo uyu mwana yafashwemo, aho binyuze kuri twitter uyu muryango wagize uti:” Gufata umwana nk’uyu ukamushyiramo amapingu noneho bigakwirakwira kuri social media ntibyemewe. Baduhe amakuru y’ukuntu byagenze ngo uyu mwana bimugendekere gutya. Itegeko ry’umwana riteganya uburyo umwana ufitanye ikibazo n’ubutabera afatwamo”.

Uyu akaba ari wa mwana waburanye tariki ya 31 Mutarama 2023 ubushinjacyaha bukamusabira gufungwa imyaka 10.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k
HOME

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In