Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Stade ya Kigali i Nyamirambo igiye guhindurirwa izina

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2023/02/28
in HOME, IMIKINO
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Nyuma y’aho Sitade ya Kigali i Nyamirambo ivugururiwe ndetse imirimo ikaba iri kugera ku musozo ubu igiye guhabwa izina rishya kugira ngo hashyirwe mu bikorwa icyifuzo cya FIFA cyo kuyitirira Pele.

Hashize igihe ishyirahamwe ry’umupira w’amagura ku isi FIFA risabye amashyirahamwe y’umupira w’amaguru mu bihugu bitandukanye ko bajya bafata nibura Sitade imwe mu gihugu bakayitirira umunyabigwi mu mupira w’amaguru ku isi Pele uheruka kwitaba Imana.

IZINDI NKURU WASOMA

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

FERWAFA nyuma yo kubona icyo cyifuzo basabwe n’umuyobozi wa FIFA bikaba byaratangiye gukorwa n’ibihugu bindi bitandukanye biravugwa ko yaba yafashe umwanzuro wo kwitirira Sitade y’i Nyamirambo uyu munyabigwi ukomoka mu gihugu cya Brazil wakoze ibitangaza mu mupira w’amaguru ku isi Pele.

Ibi kandi bije mbere ya Congele ya FIFA igomba kubera mu Rwanda mu kwezi gutana ari naho bazatorera Umuyobozi mushya wa FIFA uzasimbura Infatino uyoboye FIFA kugeza ubu.

Iyi nama kandi izabanzirizwa n’umukino uzahuza abakozi ba FIFA ubwabo ndetse binavugwa ko hari abanyabigwi bazaba bari hano mu Rwanda barimo Ronaldo Gifaro ndetse n’abandi benshi akaba ari nabwo hazanatahwa iyi Sitade ya Kigali iherereye i Nyamirambo mu mujyi wa Kigali.

Nubwo imirimo yo kuvugurura iyi stade iri kugenda igana ku musozo ariko ntabwo hazwi neza amafaranga yaba yaragiye mu bikorwa byo kuyivugurura.

Imirimo y’ivugururwa ry’iyi stade ryaje nyuma y’Itangazo rya CAF ryo kuwa 17 Ukwakira 2021, ryavuze ko icyemezo cyo gusaba ko ivugururwa cyafashwe nyuma y’igenzura ryakozwe kuri iyi stade harebwa niba yujuje ibisabwa.

Ibyavuguruwe birimo urwambariro, intebe zo kwicaraho n’ibindi,…

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In