Wednesday, October 4, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Ubu butumwa burakureba niba ujya usoma umukunzi wawe ku gitsina

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2023/08/21
in HOME, AMAKURU
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Mu rukundo hari abantu bamwe na bamwe bakora ibintu binyuranye aho hari n’abakoresha ururimi barigata ibitsina by’abakunzi babo kugira ngo babashimishe, gusa aba bakaba bagirwa inama yo kwitonda kuko ubushakashatsi bugaragaza ko ibyo atari byiza kandi bikaba bigira ingaruka mbi zo kurwara kanseri yo mu muhogo.

 

Umushakashatsi bwakozwe ku bijyanye n’ubuzima bw’imyororokere bugakorwa na William Jonson wo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, bugaragaza ko mu bantu batatu barwaye kanseri yo mu muhogo, batatu muri bo bayitewe no kurigatisha ururimi mu gitsina cy’abagore.

 

Ikinyamakuru cyitwa nature.com dukesha iyi nkuru kivuga ko Jonson yasanze mu gitsina cy’umugore ari hamwe mu hantu handurira kanseri ifata ibice byo mu kanwa mu buryo budasanzwe, kandi ngo kur’ubu iyi kanseri yibasira igitsina gabo cyane cyane abazungu bakiri bato ugereranyije n’abagore.

IZINDI NKURU WASOMA

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

Urubuga rwa Yourtango narwo rwanditse kur’iyi nkuru, ruvuga ko isesengura ryagaragaje ko ubu buryo bwo gushaka umunezero bukorwa n’abagabo bakiri bato, bugenda bwiyongera uko bwije n’uko bukeye.

Kugeza ubu ngo abagabo bafite ibyago byinshi byo kwandura virus ya HPV igihe cyose bakoze igikorwa cyo kurigata mu gitsina cy’abagore nyamara ngo abagore bakora imibonano mpuzabitsina yo mu kanwa n’abagabo batandukanye, bo bafite ibyago bike byo kwandura virus ya HPV ugereranije n’abagabo, ibi ngo bikaba biterwa n’ubudahangarwa bw’umubiri wabo.

Iyi mpuguke mu by’ubuzima ivuga kandi ko imibonano mpuzabitsina yo mu kanwa yongera ibyago byo kurwara canseri ifata ibice byo mu kanwa ku kigero cya 22%, ndetse ikaba yariyongereye kugera ku kigero cya 25% mu myaka 20 ishize.

Abajyaga bakora ibi rero bagirwa inama yo kwitwararika kugira ngo batandura iyi kanseri ndetse bakanitwararika gukora imibonano mpuzabitsina yo mu kanwa kuko ngo ishobora kuba inzira yo kwanduriramo izindi ndwara nka Virus itera SIDA, Mburugu, Hepatite B n’izindi,….

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

October 3, 2023
1.5k
HOME

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

October 2, 2023
1.4k
AMAKURU

Nyanza: Umusore yiyahuriye muri kasho

October 2, 2023
1.4k
HOME

Pasiteri yongwe yafunzwe, akurikiranweho ibyaha bifitanye isano n’uburiganya

October 2, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

October 3, 2023

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

October 2, 2023

Nyanza: Umusore yiyahuriye muri kasho

October 2, 2023

Pasiteri yongwe yafunzwe, akurikiranweho ibyaha bifitanye isano n’uburiganya

October 2, 2023

Mu nama z’Abaturage hagiye kujya hatangwa ubutumwa ku itegeko ryo gukuramo inda mu buryo byemewe

September 28, 2023

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

September 25, 2023

Ngororero: Umukobwa aratabaza nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In