Friday, March 24, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Ubuhamya bwa Uwimana Aime Sandrine wahuye n’ikigeragezo cy’urubyaro

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2021/10/05
in HOME
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Uwimana Aime Sandrine yatwise inda nyinshi zivamo ubu akaba ashimira Imana nyuma yo kumutabara ubu akaba afite umwana w’umukobwa

Uyu mukobwa atangira ubuhamya bwe agira ati:”Nitwa Uwimana Aime Sandrine Ntuye mu Karere ka Gasabo ndi umumama wimyaka 30.
Ku myaka 26 nibwo nakoze ubukwe mbana n’umutware wanjye icyo gihe numvaga ko ngiye kuba umubyeyi nk’abandi nkabona umwana nkitwa mama runaka.
Gusa siko byagenze naje guhura n’ikibazo cyo gusama inda zikavamo, inda ya mbere yavuyemo ifite ukwezi n’igice, inda ya 2 nayo iza kuvamo ifite amezi abiri,mu by’ukuri byari bikomeye ndetse biremereye umutima wange.

IZINDI NKURU WASOMA

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

Naje kongera kugira amahirwe ndasama ivamo ifite amezi atatu mu by’ukuri ntago byari byoroshye muri icyo gihe, nabashije kujya kwivuza ahantu hatandukanye ariko bikaba iby’ubusa, nyuma yo kuvamo inda ya 3 noneho kongera gusama byaranze mara umwaka n’igice byaranze bakambwira ngo mfite ikibazo cy’imisemburo itari kuri gahunda, mu byukuri ntabwo byari byoroshye.
Naje kubona ubutumwa bavuga ahantu bafite imiti ifasha ku bibazo nk’ibyo byanjye nza gufata numero zari zatanzwe ndahamagara barandangira njyayo mbonana n’umuganga waho mubwira ibibazo byanjye arabwira ati tuzagufasha kandi uzabyara.

Mu by’ukuri kubera ukuntu nari mbabaye numvise ngize icyizere banyandikira imiti yabo barambwira bati genda ugerageze maze mu minsi mike uzatubwira.

Ubwo nta kindi nakoze naragiye ndayinywa, kuko nari nababwiye ko nkunda kugira ikibazo cyo gukuramo inda babwiyeko nintwita nzahita mbabwira bakampa indi miti umuntu anywa atwite kugirango umwana akure neza ndetse binandinde gukuramo inda, nagize amahirwe nyuma y’amezi atatu nyoye iyo miti ndasama hanyuma nsubirayo bampa imiti ariko nkagira ubwoba nti ubu wasanga nyuma y’amezi atatu izongera ikavamo, gusa siko byagenze amezi atatu yarashize mbona ntakibazo, ane arashira mbona ntakibazo , ntagira kugira icyizere ko bizagenda neza.
SANDRINE akomeza agira ati:”nyuma izo nzira zose nanyuze nakomeje kwizera Imana no gusenga kugeza ku munota wa nyuma.

Mu by’ukuri ku tariki 22/07/2020 nibwo Imana yampaye umwana w’umukobwa mwiza wavukanye ibiro 4 ndetse ubu akaba amerewe neza ndetse natwe nk’umuryango tukaba tuguwe neza mu byishimo n’amashimwe. Rwose Ndashima Imana ndetse n’umuganga wamvuye.
Ubuhamya bwa Sandrine abusoza agira ati:”Nawe niba ufite ikibazo nk’icyange cyangwa ikindi kibazo nakurangira ahari igisubizo, nta handi ni ku Mana. Fata umwanya usenge hari igihe umunsi wawe uzagera ukabona uwakumva”.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k
HOME

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023
1.4k
HOME

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

Kigali : Le CICR s’engage à respecter ses principes fondamentaux

March 10, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In