Sunday, April 2, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Ubuhamya bwa UWIMANA Clarisse wahoze ari indaya, akaza gutanga ikibanza cyo kubakamo urusengero

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/04/11
in HOME
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Uwimana Clarisse ni umuturage wo mu Karere ka NGORORERO mu Ntara y’iburengerazuba akaba ubu yarakijijwe ariko mbere yahoo akaba yarahoze ari indaya ndetse ajya no kuraguza mu bapfumu, aho yaje gukizwa ndetse agatanga n’ikibanza cyo kubakamo urusengero.

Ubuhamya bwe abutangira agira ati:” Mbere nari indaya ndi umusinzi nirirwa mu byaha noneho rimwe nza kumva abantu basenga, basengeraga mu gashyamba kari hirya y’iwacu, nuko ndabasanga, ndetse bahita bantoranya ngo nzajye mu giterane bari bafite ikigali.

IZINDI NKURU WASOMA

Ibikubiye mu gitabo Le Chagrin De Ma Mere cya Antoine Hagenimana byanyuze abasomyi

Mu rubanza rwa Prince Kid hagaragayemo ibintu 2 bitagaragaye ubushize

Naje kujyayo maze ngezeyo Imana imvugaho ivuga ko izampa inzu kuko nahoze mba mu kazu kabi cyane ndetse ivuga ko izangirira neza.

Ubwo twarasenze hanyuma igiterane kirangiye turataha, maze abakirirsitu baranyubakira.

Ubu mba mu nzu y’amabati nziza cyane.

Ubu mbayeho nta kibazo mfite, mbere najyaga nirirwa mu byaha bibi cyane njya mu bapfumu no mu bagabo gusambana ariko ubu mbayeho mu mahoro.

Maze kubona Imana intaruye naje kumva bavuga ko bashaka ikibanza cyo kubakamo urusengero nuko mpita nkibaha gusa imiryango yange ntiyabyishimiye ko ntanze ikibanza, barandeze turaburana ariko bifata ubusa kuko ikibanza ari ngewe wari warakibarujeho.

Nyuma imiryango yange yakomeje kundakarira hari muri 2015 ariko aho baboneye abakirisitu baje bakanyubakira ndetse bakanzanira n’amazi kuko mbere navomaga ibiroshwa ubu tukaba tuvoma amazi meza bagezaho baracururuka ubu tubanye neza.

UWIMANA asoza ahamagarira abantu bakiba mu byaha kuza kwiyegurira Imana no gusenga cyane kugira ngo ibatabare ibavane mu byaha.

Yongeraho ko ubu yaruhutse kuko abayeho mu mahoro akaba yarabonye inshuti yavanye mu rusengero.

                                                                                         Kanda hano urebe video yose:

 

 

 

 

 

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ibikubiye mu gitabo Le Chagrin De Ma Mere cya Antoine Hagenimana byanyuze abasomyi

March 31, 2023
1.4k
HOME

Mu rubanza rwa Prince Kid hagaragayemo ibintu 2 bitagaragaye ubushize

March 31, 2023
1.4k
HOME

Kigali: ku nshuro ya gatatu AIMS yahembye abarimu babaye indashyikirwa muri siyanse

March 28, 2023
1.4k
HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ibikubiye mu gitabo Le Chagrin De Ma Mere cya Antoine Hagenimana byanyuze abasomyi

March 31, 2023

Mu rubanza rwa Prince Kid hagaragayemo ibintu 2 bitagaragaye ubushize

March 31, 2023

GASHORA: ABANA 942 BATEGANYIJWE GUKINGIRWA COVID 19

March 31, 2023

Kigali: ku nshuro ya gatatu AIMS yahembye abarimu babaye indashyikirwa muri siyanse

March 28, 2023

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In