Tuesday, September 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Ubuhamya:Aho nakoraga akazi ko murugo umugabo waho yanteye inda

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/04/26
in HOME, AMAKURU
0
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Aho nakoraga akazi ko mu rugo, Boss wange yanteye inda none Umugore we yamenye ko ntwite, yampaye ibyumweru bibiri byo kuba namuviriye mu rugo kandi ntaho mfite ho kujya, nanze kumubwira ko inda ntwite ari iy’umugabo we, Mungire inama mbigenze nte?

Ndagira ngo mumfashe mungire inama kuko ndaremerewe kandi nabuze uko mbigenza.

Nitwa Uwera (izina ryahinduwe kubera ikibazo cy’umutekano we) mu rugo iwacu ni i Nyanza mu majyepfo, narangije kwiga Secondaire, kubera ubuzima bubi bwo mucyaro mpitamo kuza gushaka akazi ko murugo mu mujyi wa Kigali, i Remera.

IZINDI NKURU WASOMA

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

Ngororero: Umukobwa aratabaza nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

Aho nkora umudamu waho niwe wanzanye ankuye murugo rw’umugore w’inshuti ye kuko yahoraga ahaza akabona bamfata nabi, nahantu narimbayeho nabi cyane kuko ntabwo bamfataga nk’umuntu nk’abandi.

Uru rugo nkoramo akazi ko murugo ndumazemo umwaka n’ukwezi kumwe ni abantu beza ntacyo mbashinja yaba umugabo cyangwa umugore bamfashe neza.

Bijya gutangira mabuja yaje gutwita ahurwa umugabo nuko batangira kujya bashwana, uyu mugabo umunsi umwe twaririrwanye murugo ambwira ibibazo byose afitanye n’umugore we, byaje kurangira nsanze ryamana nawe.

uyu mugabo yanteye inda, nkibimenya narabimubwiye arambwira ngo singire ikibazo azamfasha, inda imaze kugira amezi 3, hashize iminsi ine umugore we amenye ko ntwite ariko nanze kumubwira uwanteye inda.

Uyu mugore yampaye ibyumweru bibiri byo kuba namuviriye murugo, ambwirako urugo rurimo umugabo umwe bitashoboka ko habamo abagore babiri,uyu mugabo wanteye inda amaze ukwezi n’igice atari mu Rwanda kuko afite akazi akorera hanze y’igihugu ntaburyo mfite bwo kumuvugisha ngo agire icyo amfasha.

Ikibazo mfite, ntaho mfite nshobora kujya kuba ntanubushobozi mfite ngo mbe nakwibeshaho, uyu mugore nabuze aho mbihera ngo mubwireko inda ntwite ari iy’umugabo we, NIMUNGIRE INAMA MBIGENZE NTE?

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

September 25, 2023
1.5k
HOME

Ngororero: Umukobwa aratabaza nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023
1.4k
HOME

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023
1.4k
HOME

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

September 25, 2023

Ngororero: Umukobwa aratabaza nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023

Kigali: Hashyizweho umurongo wo gukemura ibibazo by’abana bahohoterwa

September 17, 2023

Hamenyekanye abahanzi bazataramira abantu mu gitaramo cyiswe”Tujyane Mwami”

September 14, 2023

Abafite ubumuga barasaba guhabwa agaciro mu rusengero

September 12, 2023

Ntibisanzwe! Perezida wa Amerika na Bagenzi be bagaragaye mu ruhame batambaye inkweto

September 11, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In