Monday, September 25, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Ubunyamaswa, Abantu 2 bakurikiranyweho kwica umugabo bamutemaguye 

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/01/24
in NTIBISANZWE
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Mu karere ka Nyanza mu ntara y’Amajyepfo abagabo 2 bo mu Murenge wa Mukingo bakurikiranweho kugira uruhare mu kwica umugabo witwa Sindayigaya Ephron bamutemaguye.

Sindayigaya Ephron yari asanzwe atuye mu Mudugudu wa Kigarama mu Kagari ka Nkomero ho mu ntara y’Amajyepfo akaba yarishwe atemaguwe mu rukerera rwo ku itariki ya 21 Mutarama 2022 ubwo yari agiye kurema isoko ry’amatungo mu Karere ka Ruhango dore ko ngo yarasanzwe acuruza inka.

IZINDI NKURU WASOMA

Ngororero: Umukobwa ari mu marira nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

Amakuru aturuka muri ako Kagari avuga ko Sindayigaya yahamagawe n’abandi bantu basanzwe bakorana na we ubucuruzi bw’inka ngo bajyane ku isoko nk’uko bisanzwe, akaza kicwa ari mu nzira agiye kubareba aho bari bamutegerereje.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mukingo, Nkurikiyumukiza Jean Marie Vianney, yatangarije IGIHE ko umurambo wa Nyakwigendera wabonywe n’umuturage wari ugiye guhinga mu rukerera.

Umuyobozi w’Akarere ka Nyanza, Ntazinda Erasme, avuga ko kugeza ubu hamaze gufatwa abantu babiri bakekwaho kugira uruhare mur’urwo rupfu.

Yasabye abaturage kwirinda ibyaha kandi uwagira amakuru kuri urwo rupfu akayageza ku nzego zibishinzwe. Bivugwa ko kur’icyi Cyumweru abaturage bo mu Kagari ka Nkomero bafashe undi mugabo bakekaho kugira uruhare mu kwica Sindayigaya Ephron kuko ngo bamusanganye bimwe mu bikoresho yari afite ubwo yicwaga bagahita bamushyikiriza ubuyobozi kugira ngo na we akurikiranwe.

Sindayigaya yishwe afite imyaka 48, yasize umugore n’abana, akaba yari umuhinzi usanzwe akora n’ubucuruzi bw’inka.

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ngororero: Umukobwa ari mu marira nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023
1.4k
HOME

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023
1.4k
HOME

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ngororero: Umukobwa ari mu marira nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023

Kigali: Hashyizweho umurongo wo gukemura ibibazo by’abana bahohoterwa

September 17, 2023

Hamenyekanye abahanzi bazataramira abantu mu gitaramo cyiswe”Tujyane Mwami”

September 14, 2023

Abafite ubumuga barasaba guhabwa agaciro mu rusengero

September 12, 2023

Ntibisanzwe! Perezida wa Amerika na Bagenzi be bagaragaye mu ruhame batambaye inkweto

September 11, 2023

Ngoma: Abaturage baritegura gutaha ikigo nderabuzima gishya 

September 10, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In