Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Umudiventiste w’umunsi wa 7 yashimiwe na Perezida Kagame bahuye bwa mbere

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/04/06
in HOME, NTIBISANZWE
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Perezida Paul Kagame nyuma yo gusoza uruzinduko rw’iminsi 2 yagiriraga muri Zambia yashimiye mugenzi we wa Zambia akaba n’umwemera wo mu idini y’Abadiventiste b’umunsi wa 7 Bwana Hakainde Hichilema kuba baramwakiriye neza

Kuva Hakainde Hichilema yaba Perezida wa Zambia ni ku nshuro ya mbere yahuye na Perezida Kagame aho mu gitondo cyo kur’uyu wa mbere tariki 4 Mata aribwo Perezida Kagame yageze mu Mujyi w’Ubukerarugendo wa Livingtsone muri Zambia, aho yagiriye uruzinduko rw’akazi rwaranzwe n’ibikorwa birimo gusinya amasezerano y’imikoranire n’ubufatanye mu nzego zitandukanye ndetse no gusura ibyiza nyaburanga bihari.

Perezida Kagame avuye muri Zambia yanditse kuri Twitter ye agira ati:”Muvandimwe wanjye Perezida Hakainde Hichilema nageze mu rugo amahoro. Ndashaka kugushimira cyane hamwe na Madamu wawe uko mwanyakiriye neza ndetse n’ibiganiro by’ingirakamaro twagiranye. Mbifurije ibyiza hamwe n’abaturage ba Zambia”.

IZINDI NKURU WASOMA

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

Mugenzi we Hakainde Hichilema nawe yavuze ko ari iby’agaciro ku giti cye kwakira mugenzi we Paul Kagame mu ruzinduko rwasinyiwemo amasezerano arindwi y’ubufatanye mu bukungu.

Perezida Kagame akigera muri Zambia ku munsi wa mbere yagiranye ibiganiro na Hakainde Hichilema, byakurikiwe no gusinya amasezerano y’ubufatanye hagati y’u Rwanda na Zambia. Ni amasezerano ari mu nzego z’imisoro, abinjira n’abasohoka, ubuzima, ubuhinzi, guteza imbere ishoramari, ubuhinzi, uburobyi n’ubworozi.

Yasuye kandi ahantu nyaburanga hari amazi ashoka ku rutare hazwi nka Victoria Falls, hifashishwa mu bukerarugendo bwa Zambia ndetse n’icyanya gikomye cyo mu Mujyi w’Ubukerarugendo wa Livingstone, aho umuntu aba ashobora gutemberana n’Intare cyangwa se Igisamagwe.

Ubusanzwe Hakainde Hichilema ni umwemera wo mu itorero ry’Abadiventiste b’umunsi wa Karindwi akaba ari ubwa mbere mu mateka igihugu cya Zambia kiyobowe n’umudiventisiti akaba no ku nshuro ye ya mbere yakiriye mugenzi we w’ u Rwanda Perezida Paul KAGAME ndetse akamushimira ko yamwakiriye neza.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k
HOME

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In