Tuesday, September 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka Lieutenant General Mubarakh Muganga yizihije Irayidi(Amafoto)

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/05/02
in HOME, IYOBOKAMANA
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Uyu munsi kuwa mbere tariki 2 Gicurasi 2022, Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka Lieutenant General Mubarakh Muganga yifatanyije n’aba-Islam gusoza igisibo bari bamazemo igihe kingana n’ukwezi bakaba bagisoreje kuri stade ya Kigali i Nyamirambo.

Mur’icyi gikorwa abantu bari bitabiriye ari benshi kuko kuri stade hari hateraniye abantu basaga ibihumbi bitanu bavuye hirya no hino mu mujyi wa Kigali.

IZINDI NKURU WASOMA

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

Ngororero: Umukobwa aratabaza nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

Mufti w’u Rwanda Sheikh Salim Hitimana yashimiye Leta yashyizeho ingamba zo kwirinda COVID19, uyu munsi bakaba bashobora guterana ari benshi.

Umunsi Mukuru wa Eid al-Fitr (Irayidi) mu myemerere y’idini ya Islam ni umunsi usoza ukwezi kwa “Ramadan” gukurikirwa n’ukwezi kwa “Shawwal” kwa cumi ku ngengabihe (Calendar) ya Islam.

Ramadan ni ukwezi gukorwamo igisibo kimwe mu nkingi eshanu zikomeye z’idini ya Islam. Uku kwezi guhabwa agaciro gakomeye cyane ndetse kukaba ari n’ukwezi gutagatifu mu myemerere y’iri dini kuko ari ukwezi Intumwa y’Imana Muhammad yahishuriwemo Igitabo Gitagatifu (Koroan) gikubiyemo amahame y’Idini ya Islam

Mu mafoto dore uko byari byifashe:

Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka Lieutenant General Mubarakh Muganga
Mufti w’u Rwanda, Sheikh Salim Hitimana

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

September 25, 2023
1.5k
HOME

Ngororero: Umukobwa aratabaza nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023
1.4k
HOME

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023
1.4k
HOME

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In