Tuesday, May 30, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Umugabo warongoye abagore 6, yatangaje ikimubabaza bose bahuriyeho

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2023/05/10
in HOME, AMAKURU
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Umugabo witwa Arthur O Urso ukomoka mu gihugu cya Brazil yatangaje ko nyuma yo kurongora abagore 6 bose ababazwa no kuba bose bagira mu mihanga rimwe.

Umugabo wamamaye ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye akaba n’umunyamideri Arthur O Urso yatangaje ko yashakanye n’abagore 6 bose gusa avuga ko ikimubabaza aruko bose bagira mu gihe cy’ukwezi kw’imihango rimwe bigatuma iyo minsi yose ayimara ari mu bwigunge.

Uyu mugabo kandi avuga ko nubwo bimeze bityo abagore be bose abakunda akabitaho ndetse ngo bose barara ku buriri bumwe.
Ikinyamakuru cyitwa timesnownews.com dukesha iyi nkuru gitangaza ko ikindi kintu gitangaje kuri Arthur Urso aruko we na buri wese mu bagore be uko ari 6 umwe aba afite isaha ye bakoreraho imibonano mpuzabitsina uretse gusa igihe bari mu mihango.
Yagize ati:”Birandwaza rwose.Hari n’ubwo nita kuri umwe najya kureba undi nkabona arimo kuririra mu nguni wenyine ntazi impamvu bigasaba ko njya kumuhoza cyangwa se hakaba ubwo nsanga barimo kurira bose cyangwa naba nitaye kuri umwe cyane bikaba ibibazo bikomeye ntashobora gusobanura”.

Uyu mugabo Urso , avuga ko iteka aba ashaka gushimisha abagore be ndetse no kubanezeza dore ko ngo yanabakodeshereje inzu kugira ngo buri wese abone umwanya uhagije.

IZINDI NKURU WASOMA

Rwamagana-Mwulire:Hatashywe ikigo nderabuzima kizatanga serivisi z’Ubuzima ku barenga 33 936

Kayonza: Kutabona agakingirizo bishobora gutuma urubyiruko rukora mu bucukuzi bw’Amabuye y’Agaciro rwandura Sida

Arthur n’umugore we wa mbere Luana bashakanye mu mwaka wa 2021 naho abandi baje gushakana nyuma aho ubukwe bw’abo bandi bwabereye muri kiliziya Gatolika.

Arthur yari afite abagore icyenda gusa bamwe baje kwahukana. Ubu uyu mugabo yakoresheje igitanda gifite amaguru 20 kugirango asinzire neza ari hamwe n’abagore be bose hamwe cyamutwaye amafaranga angana n’amayero £ 80.000 (miliyoni 81.54 yo muri Brasil) .
Ibi ngo byatwaye amezi 15 n’itsinda ryabantu 12 bo gukora icyo gitanda

Ngubwo uburiri Arthur aryamanaho n’abagore be bose

Uyu mugabo yashakanye na Luana Kazaki w’imyaka 27, Emelly Souza w’imyaka 21, Valquíria Santos w’imyaka 24, Olinda Maria w’imyaka 51, Damiana w’imyaka 23 na Amanda Albuquerque w’imyaka 28.
Arthur avuga ko yifuza kubyarana n’abagore be bose kugira ngo hatazagira n’umwe muri bo “ubabara”.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Rwamagana-Mwulire:Hatashywe ikigo nderabuzima kizatanga serivisi z’Ubuzima ku barenga 33 936

May 30, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Kutabona agakingirizo bishobora gutuma urubyiruko rukora mu bucukuzi bw’Amabuye y’Agaciro rwandura Sida

May 28, 2023
1.5k
HOME

Inkuru y’akababaro: Umuntu umwe yitabye Imana ubwo Agakinjiro ka Gisozi kashyaga

May 24, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Mu gakiriro ka Gisozi hahiye

May 23, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In