Umugabo yahondaguwe iz’akabwana nyuma yo kugenzura bakaza gusanga amasohoro ye ku mugore bari bicaranye ubwo bari kuri moto hamwe n’umumotari
Umugabo yahuye n’uruva gusenya akubitwa n’umugore bari barikumwe kuri Moto imwe nyuma yo kumusohoreraho.
Uyu mugabo utatangajwe amazina yisohoreyeho kuri Moto ubwo yari yicaye inyuma y’uwo mugore, nuko amasohoro ye yose yirunda ku mugore.
Iyo Moto bari bayiriho ari abagenzi babiri ndetse n’uwari uyitwaye wa gatutu (umumotari) nyuma nibwo uyu mugore wari wicaye hagati y’abo bagabo yaje kumva ibintu bishyushye nuko ahagarika umumotari baza gusanga umugabo byamukomeranye.
Uyu mugabo wari wicaye inyuma y’umugore ngo yagendaga afashe mu gatuza ke ndetse ikindi kiganza kiri ku matako y’umugore.
Uwo mugore yavuyeho atungurwa no kubona inyuma ye atose, aho yahise amenya ko umugabo wari wicaye inyuma yamusohoreyeho, atangira kumuhondagura rubura gica aho byaje kurangira umugabo akijijwe n’amaguru.
Umwe mu bahamya watangaje ibi binyuze kuri instagram Abdulshakur Abubakar (@AbdulshakurAb19 Â akaba yemeje impamo y’aya makuru.
Aya mafoto kandi akaba yakwirakwijwe ku rubuga nkoranyambaga rwa gbosgistblog aho bivugwa ko ibi byabereye mu gihugu cya Senegal.
Niba ushaka kureba andi mafoto y’inkomoko wayasanga kur’iyi link: https://twitter.com/Sir_Lehman_Atk/status/1490030673964507150/retweets/with_comments