Monday, March 27, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Umuganga yakatiwe gufungwa imyaka 10 azira gusambanya umurwayi wari muri koma

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2021/12/06
in NTIBISANZWE
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Umuforomo wo muri Leta ya Arizona muri Amerika yakatiwe gufungwa imyaka icumi azira gufata ku ngufu umurwayi yari ashinzwe kwitwaho, akamusambanya ubwo yarari muri koma ndetse bikaza kurangira bigaragaye ko yanamuteye inda.

Nathan Dorceus Sutherland w’imyaka 39 yakatiwe iki gihano kuri uyu wa Kane nyuma y’uko uyu muforomo wahoze akorera Phoenix’s Hacienda Healthcare yemeye uruhare rwe mu gufata ku ngufu no gutera inda umurwayi yari ashinzwe kwitaho wari muri koma.

IZINDI NKURU WASOMA

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

Uyu muforomo ngo namara no kurekurwa, urukiko rwategetse ko azakomeza gucungirwa hafi kandi akandikwa mu bitabo byandikwamo abanyabyaha bafashe ku ngufu baciye agahigo ko gukora ibikorwa bigayitse (by’ububwa).

Mu mwaka wa 2018 nibwo abakozi ba Phoenix’s Hacienda Healthcare batunguwe no kubona uwo mugore wari umaze igihe aharwariye, atwite kandi atabasha kuvuga. Nyuma yaje kubyara umwana w’umuhungu.

Sutherland wari ushinzwe kwita kuri uwo murwayi hagati ya 2012 na 2018 yatawe muri yombi nyuma y’ibizamini byerekanye ko afitanye isano n’umwana wavutse.

NBC yatangaje ko Sutherland yasabye imbabazi umurwayi yateye inda n’umuryango we kubw’ibyo yabakoreye.

Umurwayi Sutherland yateye inda yari amaze imyaka 26 mu bitaro, aho yagiye nyuma yo kugira ikibazo ku bwonko no kumugara byose byaturutse ku bibazo yagize bwa mbere abyara akaza kumara imyaka myinshi ari muri koma ari naho uyu muforomo yahereye amukorera icyi gikorwa kigayitse.

Ubwo byamaraga kugaragara ko uyu mugore atwite kandi yaramaze igihe kinini ari muri koma ubuyobozi bw’iri vuriro byategetse ko abakozi bose b’igitsina gabo bakorerwa  ikizamini cya ADN maze biza kurangira Sutherland ariwe ugaragaje ko afitanye isano y’amaraso n’uyu mwana ahita atabwa muri yombi.

Uyu muganga usanzwe ari se w’abana bane ashinjwa icyaha kimwe cyo gusambanya ku gahato ndetse n’ihohoterwa rikorerwa abantu bakuru.

Uyu mubyeyi w’imyaka 29 y’amavuko wasambanyijwe amazina ye ntiyashyizwe ahagaragara mu rwego rwo kurinda ubusugire n’icyubahiro cye gusa bivugwa ko icyi nacyo cyazaba bimwe mu bikomere bishobora kwiyongera ku bindi yari asanganwe bigafatanyiriza hamwe kumusonga no kumuzonga.

Umuvugizi wa polisi ya Phoenix, Tommy Thompson, yatangaje ko umwana yavuye mu bitaro kandi umuryango w’uyu mugore wavuze ko uzamwitaho.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In