Wednesday, October 4, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Umugore akomeje gutangaza benshi! Ajya mu mihango akanatwita icyarimwe

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/03/25
in HOME, AMAKURU
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Umugore ukomoka mu gihugu cya Ghana yatangaje ajya ajya mu mihango akanatwita kubera ko afite nyababyeyi ebyiri, inkondo z’umura ebyiri, n’ibitsina bibiri

 

Uyu mugore agira ati:”Izina ryanjye ni Elizabeth Amoaa ndi umugore ufite nyababyeyi ebyiri, inkondo z’umura ebyiri, n’imiyoboro ibiri y’igitsina.”

Inkuru dukesha umunyamakuru wa BBC ukorera Acra muri Ghana ivuga ko uyu mugore afite imyaka 38 akaba amaze iyi myka yose ameze gutya mu myanya ye y’ibanga.

Nubwo mu mvugo ye yumvikana nkaho kuba ateye gutya nta cyo bimubwiye ariko ku rundi ruhande avuga ko yagiye ahura n’ibibazo bijyanye n’iyo miterere y’ubuzima bwe idasanzwe.

Avuga ko igihe yari afite imyaka 32 aribwo abaganga batahuye iyi miterere idasanzwe ku mubiri we.

Madamu Amoaa, ubu aba mu Bwongereza, avuga ko yamaze imyaka ababara cyane mu nda ku buryo akenshi byamubuzaga gukora akazi , mbere yuko asanganwa iyi miterere idasanzwe ya nyababyeyi izwi nka “uterus didelphys” rimwe na rimwe yitwa kugira nyababyeyi 2, imiterere y’imbonekarimwe umuntu avukana.

Uyu mugore ntibigaragazwa niba yarigeze ashaka umugabo gusa ngo mu mwaka w’2010  yabyaye umukobwa utagejeje igihe gisanzwe cyo kuvukiraho .

Ubwo yari atwite yajyaga mu mihango naho iyindi nyababyeyi ye y’iburyo akaba ariyo umwana yari arimo gukuriramo.

Agira ati: “Nshobora gutwitira muri nyababyeyi yanjye y’iburyo kandi nkanakomeza kujya mu mihango mu y’ibumoso, iyi ni yo mpamvu ubwo nari ntwite umukobwa wanjye nabonaga imihango.”

Ubu Madamu Amoaa arashaka ko isi imenya iyi miterere ye, kugira ngo abandi bagore bameze nkawe badahabwa akato.

Nyima y’ibi kandi yashinze umuryango ufasha witwa ‘Speciallady Awareness’ ndetse yandika n’igitabo, cyatangajwe mu kwezi kwa cumi na kumwe muri 2021, kivuga ku buzima yanyuzemo.

Uyu mugore akaba asaba abameze nkawe kwicecekera, bakisuzumisha hakiri kare kandi bagashaka ubuvuzi bukwiye.

Facebook Comments Box

IZINDI NKURU WASOMA

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

Related Posts

HOME

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

October 3, 2023
1.5k
HOME

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

October 2, 2023
1.4k
AMAKURU

Nyanza: Umusore yiyahuriye muri kasho

October 2, 2023
1.4k
HOME

Pasiteri yongwe yafunzwe, akurikiranweho ibyaha bifitanye isano n’uburiganya

October 2, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Abahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bungutse umuhanzi mushya uzanye imbaraga zidasanzwe

October 3, 2023

Burundi: Kubera Big Fizzo abarundi barakariye The Ben ari ku rubyiniro

October 2, 2023

Nyanza: Umusore yiyahuriye muri kasho

October 2, 2023

Pasiteri yongwe yafunzwe, akurikiranweho ibyaha bifitanye isano n’uburiganya

October 2, 2023

Mu nama z’Abaturage hagiye kujya hatangwa ubutumwa ku itegeko ryo gukuramo inda mu buryo byemewe

September 28, 2023

Abamotari bakoresha Moto za Spiro bagiye kujya bishyurirwa Mutuelle

September 25, 2023

Ngororero: Umukobwa aratabaza nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In