Umugore w’Umunyamerika witwa Brittany McClure w’imyaka 30, yatawe muri yombi azira gusambana n’imbwa yarangiza akavuga ko ari umuhungu mwiza kuko ngo yagiranye ibihe byiza n’iyo mbwa.
Uyu mugore yafunzwe mu cyumweru gishize nyuma yo gufatwa amashusho y’umutekano ari gusambana n’imbwa yise umuhungu mwiza bari muri icyo gikorwa cy’urukozasoni.
Icyo wamenya nuko ngo aya mashusho yatanzwe n’umusore ukundana n’uyu mugore kubera uburakari bwo kuba yaraciwe inyuma n’imbwa nyarubwana.
Uyu mugore witwa Brittany McClure akaba yarasambanye n’imbwa yitwa Max, nkuko ikinyamakuru cyitwa Fox 2 Detroit dukesha iyi nkuru kibitangaza.
Bivugwa ko ngo uyu mukunzi w’uyu mugore yabonye aya mashusho ubwo yasuzumaga ayafashwe na kamera z’umutekano yari yashyize mu cyumba cyo kuraramo cy’inzu babanagamo.
Polisi yavuze ko uyu mugabo ariwe wabahaye amashusho y’iminota itandatu akababwira ko byamuteye agahinda.
Bivugwa ko ngo uyu mugore byatangiye aryamye mu nzu bikaza kurangira yifuje umugabo maze ngo yigira inama yo gukemura ikibazo yifashishije imbwa maze barasambana aho ngo uyu mugore yaje kumvikana avuga ati:”umuhungu mwiza”.
Uyu mugore we yabwiye Polisi ko ari inshuro ya mbere asambanye n’inyamaswa ndetse mu bihano yahawe harimo kutazongera kubana n’inyamaswa ndetse acibwa ihazabu y’ibihumbi 10 by’amadolari.

Umwe mu bapolisi bakiriye icyi kirego yavuze ko mu myaka 20 amaze mu kazi atigeze abona ikintu giteye agahinda nk’icyi, ibintu afata nk’amahano cyangwa ishyano.