Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Umuhanzi ukundwa n’abakobwa benshi hano mu Rwanda yahawe akazi kuri Radio ya Kiss FM

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/04/23
in HOME, IMYIDAGADURO
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Radio ya Kiss FM ivugira ku murongo w’102.3 yungutse umunyamakuru mushya ariwe Andy Bumuntu akaba agiye kuzajya afatanya na Sandrine Isheja Butera mu kiganiro Breakfash show cya mugitondo.

Andy Bumuntu ubusanzwe ni umuhanzi akaba yabonye akazi gashya aho agiye kujya akora mu kiganiro cya mugitondo hamwe na Isheja Sandrine

Radio ya KISS FM ivugira ku 102.3 Kiss Fm ikaba yahaye ikaze Andy Bumuntu mu magambo agira ati “We are proud to announce our new breakfast Presenter Andy Bumuntu. Andy will be teaming up with Sandrine Isheja everday Monday to Friday 6am to 10am”. Bishatse kuvuga ngo duhaye ikaze Andy BUMUNTU mu ikipe ya Kiss Fm akazajya akorana na ISHEJA Sandrine kuva kuwa mbere kugeza kuwa 5 kuva saa 6:00 kugeza saa 10:00 za mugitondo.

IZINDI NKURU WASOMA

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

Ubusanzwe ISHEJA Sandrine akaba yaratangiye iki kiganiro akorana na NKUSI Arthur uzwi nka Rutura nyuma uyu amaze gusezera akaba yaramaze iminsi akorana Gentil Gedeon NTIRENGANYA bari bamaranye igihe gito ubu hakaba hahise haba izindi mpinduka.

Bikaba bivugwa ko Gentil Gedeo wafatanyaga na ISHEJA yaba yahinduriwe imirimo.

Andy Bumumuntu wamaze guhabwa ikaze mu Itangazamakuru ubusanzwe ni Umuhanzi wamenyekanye mu ndirimbo zitandukanye nka MUKADATA,MINE n’izindi,….

Andy BUMUNTU na ISHEJA Sandrine

Uyu muhanzi uretse kuba ari umuhanzi ufite ijwi ryiza ni n’umuhanzi ukundwa n’abakobwa benshi ba hano mu Rwanda aho bavuga ko ngo afite ijwi n’amaso biganza imitima yabo.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In