Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Umuhanzi w’icyamamare yahombye amamiliyari kubera itsinzi y’ikipe ya Argentine

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/12/19
in HOME, IMYIDAGADURO
0
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Umuhanzi w’umuraperi witwa Drake yahombye amafaranga menshi nyuma yo gutegera (beting) ko ikipe ya Argentine itsinda u Bufaransa mu mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi ikaza gutsinda ariko binyuze muri penalite.

Ku isaha ya saa kumi n’imwe z’umugoroba ku isaha ya hano mu Rwanda kur’icyi cyumweru tariki ya 18 Ukuboza 2022 nibwo umupira usoza irushanwa ry’igikombe cy’isi watangiye.

IZINDI NKURU WASOMA

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

Mbere y’uyu mukino ababetinga bari bakoze iyo bwabaga, umuraperi Aubrey Drake Graham uzwi nka Drake yari yateze miliyoni imwe y’amadorali (asaga miliyari y’Amanyarwanda) kuri Argentine ariko arayahomba, nyuma y’uko umukino ubonetsemo ibitego 3-3, bikarangira bibaye Argentine itsinze kuri Penalite 4-2 .

Nk’uko tubikesha urubuga rwa Vulture ngo uyu muhanzi icyatumye yimyiza imoso nuko atigeze ategera (beting) iminota y’inyongera akaba ariyo mpamvu yahomye kuko kubetinga kwe ntibyarebaga cyangwa ngo bigire aho bihurira na Penalite.

Uyu muhanzi rero akaba yakozweho n’ibyabonetse mu minota 90 isanzwe y’umukino ari nabyo yari yabetingiye.

Uyu muhanzi nubwo yaje kwisubiraho ariko yari yabanje gutangaza ko iyo aramuka atsinze yari kwinjiza miliyoni 2.75 z’amadolari ya leta zunze ubumwe za Amerika .

Umuraperi Aubrey Drake Graham uzwi nka Drake

Ni imikono y’Igikombe cy’Isi aho ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2022 cyaberaga muri Qatar umukino wa nyuma wahuje Argentine n’Ubufaransa bikarangira Ubufaransa butsinzwe kuri Penalite 2 kuri 4 za Argentine.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In