Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home IMYIDAGADURO

Ubutumwa bukomeye bwa Clarisse KARASIRA ku Banyarwanda n’abakunzi b’indirimbo ze

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/06/11
in IMYIDAGADURO
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap
Umuhanzikazi Clarisse KARASIRA avuga ko iyo ahanga indirimbo aba yifuza gukora ku mitima y’abakunzi be aho ashimira abakunzi b’indirimbo ze avuga ko ari Abamalayika bamwibutsa iteka impamvu aririmba niyo yacitse intege .
Kur’uyu wa 10 Kamena 2022 nibwo uyu muhanzikazi witegura kwibaruka yatangarije abakunzi be aya magambo.
Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Karasira yagize ati:”Ndabashimiye cyane mwe mwese Nshuti zanjye ndetse bakunzi ba Muzika yanjye. Iteka iyo mpanga mbikora ntekereza uko nakora indirimbo zibubaka ndetse zikanubaka ababakomokaho n’abazakomoka kubazabakomokaho”

Karasira yakomeje avuga ko ubutumwa bwe ari ubw’urukundo:”Ubutumwa bwanjye ni urukundo, amahoro, ubworoherane , imibanire myiza ya mu Bantu, mubashakanye ndetse n’izindi Ngeso nziza zadufasha kubaho muri ubu buzima neza tukazagenda gitwari”.

Mu gushimira abakunzi be yagize ati:”Ndabashimira ko mumpora hafi, mukandwanira ishyaka , mukankomeza kandi mukanarwanya ibintu byose biza bigamije kundangaza cyangwa ngo bikomeretse umutima wanjye. Muri Abamalayika banyibutsa iteka impamvu ndirimba niyo nacitse intege”.

Asoza avuga ko abo azi nabo atazi abakunda:”Simbazi mwese yemwe sinabasha kuba nabasubiza mwese umwe ku Wundi ariko uwazampa amahirwe nkahobera buri umwe muri mwe byanezeza. Kumenyekana muri iki gihe ni akazi gakomeye Ndabashimira ko mumfasha tugafatanya mukantwaza aho rukomeye. Ndabakunda kandi mbifuriza ibyiza kuri mwe no ku miryango yanyu kuko Nibyo gusa mukwiye”.

Kuva yashyira ubu butumwa hanze abantu basaga 82 bose bakaba bagize icyo babuvugaho aho abenshi bagiye bamushimira uyu mutima yagize wo gufata umwanya agatekereza ku bakunzi be ndetse akanabagenera ubu butumwa.
Ubu butumwa umuhanzikazi Clarisse Karasira akaba yabutangarije aho ubu asigaye abarizwa muri Portland, mu leta zunze ubumwe za America.
Facebook Comments Box

IZINDI NKURU WASOMA

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

Urubanza rwa Prince Kid rwimuriwe itariki

Related Posts

HOME

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023
1.5k
HOME

Urubanza rwa Prince Kid rwimuriwe itariki

March 9, 2023
1.4k
HOME

Umuhanzi Mico the Best yafunzwe, menya icyo yazize

March 6, 2023
1.5k
HOME

Umuhanzikazi Knowless yibarutse umwana wa 3

March 4, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In