Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home IMYIDAGADURO

Umuhanzikazi Clarisse Karasira yarakariye bikomeye abamwise indaya bakavuga n’aho yasambaniraga

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/07/15
in IMYIDAGADURO
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Umuhanzikazi Clarisse Karasira nyuma yo kwandika amagambo ku rukuta rwe rwa twitter benshi bakayafata nko kwishongora ku bagore, yihanije yarakariye abakomeje kubyuririraho bakamusebya bavuga ko yiyandarikaga.

Uyu muhanzikazi uherutse kwibaruka imfura ye, kuri ubu atuye muri Leta z’unze ubumwe za Amerika we n’umugabo we akunze gutangaza amagambo ku mbuga nkoranyambaga ze agenda akebura urubyiruko ari nako anyuzamo akivuga imyato dore ko avuga ko ari “Umukobwa w’Imana n’Igihugu”.

IZINDI NKURU WASOMA

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

Urubanza rwa Prince Kid rwimuriwe itariki

Amagambo yateje rwaserera mu bakoresha twitter, yanditswe na Karasira Clarisse agira ati:”Nanze kwiyandarika ngo nkurikire ibishashagirana mu bukumi bwanjye, nirinda umukiro ntavunikiye kuko narotaga igihe nk’iki. Bakobwa beza b’iwacu twiyubahe, turebe kure Kandi duhange amaso ku byiza, Imana ntabwo izadukoza isoni.”
Aya magambo yari aherekejwe n’amafoto ye atwaye umwana.

Benshi bahise bamusamira hejuru bamubwira ko aganiriye nabi ko abagore bose batiyandaritse ndetse undi araritobora amwibutsa uko yararanaga n’abasore mu ma getho yo mu karere ka Gicumbi i Byumba dore ko ari naho yize amashuri yisumbuye.

Uwitwa Gigi yamusubije agira ati: “I Byumba ya ghetto ya G watahagamo niwe mugabo wawe? Jya uvuga uziga turakuzi nuko tuba ducecetse”
Clarisse Karasira nawe ntiyazuyaje kumusubiza amubwira yuko ari ukumuharabika ko amubeshyera. Ati:” Nawe urabizi ko ugamije kunsebya ubeshya kandi ntacyo byankoraho mbimenyereye. Gusa Imana ikubabarire nanjye ndakubabariye”.

Undi nawe yamwibukije ko ntacyo bapfa ko atamubeshyera amwibutsa ko babiziranyeho ko ahubwo ari ukwijijisha. Ati: ” Sha ndi imbere y’imana nawe urabizi ko ntacyo dupfa sinagusebya pe nubwo bitari ngombwa ko mbikwibutsa byatewe nuko wanditse iriya sms, kandi uwo navuze nzi ko wamumenye rwose ujye uvuga uziga.”

Impaka zakomeje kugeza ubwo umugabo wa Clarisse Karasira abijemo akagaragaza ko akunda umugore we ndetse ko bishimanye ko abashaka kubatanya ntacyo babakoraho.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023
1.5k
HOME

Urubanza rwa Prince Kid rwimuriwe itariki

March 9, 2023
1.4k
HOME

Umuhanzi Mico the Best yafunzwe, menya icyo yazize

March 6, 2023
1.5k
HOME

Umuhanzikazi Knowless yibarutse umwana wa 3

March 4, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In