Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home IMYIDAGADURO

Umuhanzikazi MUSABYIMANA Adelphine yashyize hanze indirimbo yise “NTACYO NGUHISHA MANA”

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/09/09
in IMYIDAGADURO, IYOBOKAMANA
0
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

MUSABYIMANA Adelphine ukora akazi ko mu rugo yashyize hanze indirimbo nshya akaba avuga ko iyi ndirimbo igamije gutambutsa ubutumwa bwo kuvuga imbaraga z’Imana ashingiye ku byo yamukoreye no kwamamaza ubutumwa bwayo bwiza.

Uyu muhanzi yavukiye mu karere ka Nyanza mu Ntara y’Amajyepfo y’u Rwanda.

IZINDI NKURU WASOMA

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

Urubanza rwa Prince Kid rwimuriwe itariki

Uyu kandi yavukiye mu itorero ry’abadiventiste b’umunsi wa 7 aba ariho akurira kugeza n’uyu munsi.

Avuga ko yakuze akunda kuririmba kuko ngo yabitangiye afite imyaka mike aririmba mu Ishuri ry’isabato (Sabbath school) akiri muto.

Uyu muhanzikazi avuga ko akunda Sara wo muri Korale Ambassadors of Christ na Korale “Yesu araje” ibintu ngo byatumye abyiruka yumva azaba umuririmbyi ukomeye .

Icyo gihe ngo nibwo yatangiye kwandika indirimbo nubwo atari yagatekereje kuririmba ku giti cye nyamara yazihaga andi makorali.

Aganira n’Ikinyamakuru Ibendera.com yagize ati:” Mur’iyo Korali nakundagamo umugabo witwa Elisa umwe ufite umusatsi mwinshi, nkakunda ijwi rye ku buryo nakomezaga kwigana uburyo ya ririmbaga nkunva nzaririmba nkawe uko byamera kose.

Avuga ko ibi byaje gukunda ubwo yari amaze kumenyera kuririmba ijwo rya siporano y’abagabo. Agira ati:” Natangiye kwandika nshaka kuririmba ku giti cyanjye, ndabyibuka ngeze mu wa 3 w’amashuri yisumbuye naganirije ababyeyi banjye mbasaba ko najya muri studio, ntabwo babyunvise neza kubera ko mama ariwe wasengaga naho papa we ntabwo yasengaga”.

Akomeza agira ati:” Nabonye batabyumvaho kimwe mpitamo kuva mu rugo njya i kigali aho nagiye ngiye gushaka amafaranga yo kujya muri studio”.

Asoza agira ati:” Nahuye nibica intege byinshi cyane kuko nakoraga akazi ko mu rugo haba mu kazi bikanga kubera kutakamenyera neza ku buryo n’ubundi namaze umwaka urenga ntarajya muri studio, gusa hari ikiganiro cyaciye kuri Radio imwe mu Rwanda mbasaba ko bamfasha ariko ntibyakunda”.

Nubwo byagenze gutyo ariko ngo ntabwo yacitse intege kuko muri 2021 yaje guhura na producer (Umuntu utunganya indirimbo) arankorera ubwo mba ninjiye mu muziki gutyo.

Uyu muhanzikazi avuga ko mu kwezi kwa 8/ 2021 aribwo yashyize hanze INDIRIMBO ya mbere yise “Witentebuka” ikaba yarabaye indirimbo nziza, ubu akaba amaze kugira indirimbo 3 arizo: -Witentebuka
– Ntundekure
– Ntacyo nguhishe

Iyi ya nyuma ikaba ari nayo Nshya yamaze kugera kuri YouTube channel ye yitwa M Delphine.

Delphine avuga ko ashima lmana cyane kubera ko ngo nta bushobozi burenze yari afite kuko ngo nayo akoresha ayakura muri ako kazi ko mu rugo ariko ikaba ikomeza kugenda imuteza intambwe nziza.

Asoza ashimira abantu bamwe na bamwe bamutera inkunga akanashimira ibendera. Com yamuhaye umwanya akanasaba abantu kumva iyi ndirimbo yise NTACYO NGUHISHA bakanayisangiza abandi.

SARA SANYU wo muri Korale Ambassadors of Christ
Elsa wo muri Korale “Yesu araje”

 

KANDA HANO WUMVE IYI NDIRIMBO:

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023
1.5k
HOME

Urubanza rwa Prince Kid rwimuriwe itariki

March 9, 2023
1.4k
HOME

Umuhanzi Mico the Best yafunzwe, menya icyo yazize

March 6, 2023
1.5k
HOME

Umuhanzikazi Knowless yibarutse umwana wa 3

March 4, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In