Monday, September 25, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home UBUZIMA

Umukinnyi w’ikipe ya Ghana yitabye Imana agwiriwe n’ibikuta by’inzu

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2023/02/18
in UBUZIMA
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Nyuma y’igihe kirekire atagaragara, umukinnyi w’Umupira w’Amaguru mu Gihugu cya Ghana Christian Atsu yitabye Imana agwiriwe n’ibikuta by’inzu mu mutingito wabaye muri Turukiya. 

Kuwa kabiri tariki ya 07 Gashyantare 2023 nibwo Mustafa Özat uyobora Ikipe ya Hatayspor yakinwagamo n’uyu mukinnyi Christian Atsu yatangaje ko uyu mukinnyi yarokowe akiri muzima nyuma yo kugwirwa n’ibikuta byaguye kubera umutingito washegeshe Turukiya na Syria kuwa mbere tariki 06 Gashyantare 2023.

IZINDI NKURU WASOMA

MUNYANTWALI Alphonse niwe ugiye kuyobora FERWAFA

Rayon sports yisubije ikuzo imbere ya APR

Ku rundi ruhande ariko ushinzwe gushakira uyu mukinnyi ikipe , Nana Sechere, yanyomoje aya makuru avuga ko batazi aho uyu mukinnyi ari ko ndetse bakomeje kumushakisha.

Urubuga rwitwa eurospot.com rutangaza ko ushinzwe kureberera inyungu z’uyu mukinnyi ariwe Murat Uzunmehmet yatangaje ko uyu mugabo yabonetse mu matongo y’umutingito atakiri muzima.

Uyu yagize ati:”Christian Atsu yagaragaye ariko birumvikana ko yamaze gutakaza ubuzima”.

Uyu mukinnyi akaba yitabye Imana afite imyka 31 akaba yarakiniye amakipe atandukanye nka Newcastle yakiniye imkino 107, Everton, Porto, Chelsea n’ayandi,…

Uyu mukinnyi yari amaze guhamagarwa mu ikipe y’Igihugu ya Ghana y’umupira w’amaguru inshuro 65 akaba yarayitsindiye ibitego 9 akaba yitabye Imana mu mubare w’abasaga ibihumbi 41 bamaze kumenyekana ko baguye mur’uyu mutingito washegeshe Turukiya na Syria.

 

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

MUNYANTWALI Alphonse niwe ugiye kuyobora FERWAFA

June 24, 2023
1.5k
HOME

Rayon sports yisubije ikuzo imbere ya APR

June 4, 2023
1.4k
HOME

Abigeze kuba abanyamakuru bahererekanyije intebe y’ubuyobozi muri FERWAFA

April 21, 2023
1.5k
LUSAIL CITY, QATAR - DECEMBER 13: Lionel Messi celebrates after their sides third goal by Julian Alvarez of Argentina during the FIFA World Cup Qatar 2022 semi final match between Argentina and Croatia at Lusail Stadium on December 13, 2022 in Lusail City, Qatar. (Photo by Clive Brunskill/Getty Images)
HOME

Ni igitangaza! Messi yarambuye ikiganza ahereza impano idasanzwe uwamufashije gutwara igikombe cy’isi

March 2, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ngororero: Umukobwa ari mu marira nyuma yo guhemukirwa n’uwo yihebeye

September 25, 2023

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023

Kigali: Hashyizweho umurongo wo gukemura ibibazo by’abana bahohoterwa

September 17, 2023

Hamenyekanye abahanzi bazataramira abantu mu gitaramo cyiswe”Tujyane Mwami”

September 14, 2023

Abafite ubumuga barasaba guhabwa agaciro mu rusengero

September 12, 2023

Ntibisanzwe! Perezida wa Amerika na Bagenzi be bagaragaye mu ruhame batambaye inkweto

September 11, 2023

Ngoma: Abaturage baritegura gutaha ikigo nderabuzima gishya 

September 10, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • UBUZIMA
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In