Wednesday, May 31, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2023/03/21
in HOME, AMAKURU, HANZE
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Inkuru idasanzwe iravuga ko umukobwa witwa Destiny Jojo ukomoka mu gihugu cya Nigeria yitabye Imana ubwo yari arimo kwibagisha kugira ngo yiyongereshe amabuno.

Inkuru dukesha urubuga rwa iBrandTV.com ivuga ko uyu mukobwa witabye Imana yari mu kigero cy’imyaka 20 aho yapfuye ubwo yari yagiye kwibagisha ikibuno agamije kucyongera akaba yaguye mu bitaro biherereye mu mujyi wa Lagos ho mu gihugu cya Nigeria.

IZINDI NKURU WASOMA

Rwamagana-Mwulire:Hatashywe ikigo nderabuzima kizatanga serivisi z’Ubuzima ku barenga 33 936

Kayonza: Kutabona agakingirizo bishobora gutuma urubyiruko rukora mu bucukuzi bw’Amabuye y’Agaciro rwandura Sida

Nubwo uyu mukobwa bivugwa ko yapfuye ariko ngo ntabwo yaguye ku iseta kuko nyuma yo kwibagisha ngo yongererwe ikibuno, bahise ba musezerera ajya mu rugo ariko nyuma y’iminsi ine atashye, ahita agira ikibazo cy’ubuhumekero biza kurangira yitabye Imana.

Uyu mukobwa yakomeje kugira ibibazo ndetse biza kurangira asubiye kwa muganga ariko ku bw’amahirwe make yaje kwitaba Imana.

Jojo ubwo yageraga kwa muganga batangiye kumwongerera umwuka bifashishije oxygen ariko birangira kubw’amahirwe make ubuzima bumucitse.

Umwe mu bantu bari bamuri hafi yavuze ko jojo nyuma yaho bamaze kumubaga yahise agira ikibazo cyo guhumeka bahita ba mutwara ku baganga b’inzobere ngo barebe ikibazo afite, ariko ngo byakomeje kwanga biba ngombwa ko bamwohereza mu bindi bitaro ariko ahagera yamaze kwitaba Imana.

Nyuma y’urupfu rw’uyu mukobwa hakomeje kwibazwa niba urupfu rwe rwaba rwaturutse kukwibagisha agamije kongera amabuno cyangwa niba yarasanzwe afite ikibazo mu myanya y’ubuhumekero kikaba cyahise kizamuka bikaba aribyo biba intandaro y’urupfu rwe.

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Rwamagana-Mwulire:Hatashywe ikigo nderabuzima kizatanga serivisi z’Ubuzima ku barenga 33 936

May 30, 2023
1.4k
HOME

Kayonza: Kutabona agakingirizo bishobora gutuma urubyiruko rukora mu bucukuzi bw’Amabuye y’Agaciro rwandura Sida

May 28, 2023
1.5k
HOME

Inkuru y’akababaro: Umuntu umwe yitabye Imana ubwo Agakinjiro ka Gisozi kashyaga

May 24, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Mu gakiriro ka Gisozi hahiye

May 23, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Rwamagana-Mwulire:Hatashywe ikigo nderabuzima kizatanga serivisi z’Ubuzima ku barenga 33 936

May 30, 2023

Kayonza: Kutabona agakingirizo bishobora gutuma urubyiruko rukora mu bucukuzi bw’Amabuye y’Agaciro rwandura Sida

May 28, 2023

Inkuru y’akababaro: Umuntu umwe yitabye Imana ubwo Agakinjiro ka Gisozi kashyaga

May 24, 2023

Kigali: Mu gakiriro ka Gisozi hahiye

May 23, 2023

Kigali: Dasso yafunzwe akurikiranweho icyaha cya ruswa

May 23, 2023

Umunyamakuru Ismael Mwanafunzi agiye kurongora umukobwa wahoze ayobora Radio ikomeye mu Rwanda

May 22, 2023

Kwibuka 29: ADEPR Kabeza bibutse abakirisitu bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

May 21, 2023

Umugore yakoze igisa n’ubukunguzi mu biroli byo kumenya uko azaba ameze ari gushyingurwa napfa

May 18, 2023

Mu bitaro bya Kabgayi, Ibihombo biravuza ubuhuha

May 18, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In