Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home IYOBOKAMANA

Umunyarwanda yagizwe Umujyanama wa Papa Fransisko

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/05/10
in IYOBOKAMANA
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Prof Jean Paul Niyigena uvuka mu Murenge wa Zaza muri Diyoseze Gatorika ya Kibungo yagizwe Umujyanama wa Papa hamwe n’abandi bantu 18 bagiye kujya bamugira inama .

Amakuru avuga ko ibi byatangajwe na Leta ya Vatikani kuwa Gatandatu tariki ya 07 Gicurasi 2022.

IZINDI NKURU WASOMA

Padiri Twagirayezu wahawe kuyobora Diyozezi ya Kibungo ni muntu ki?

Ntibisanzwe! Umupasiteri yihaye kwigana Yesu birangira ahasize ubuzima

Nyirubutungane Papa Fransisko yatoreye Jean Paul Niyigena usanzwe ari umwarimu wa Kaminuza Gatolika y’u Rwanda, kuba umwe mu bajyanama bashizwe kumufasha mu bijyanye n’uburezi gatolika hirya no hino ku isi.

Jean Paul Niyigena ni umukristu wa Diyosezi Gatolika ya Kibungo, akaba avuka muri Paruwasi ya Zaza.

Papa Fransisko yahaye ubutumwa uyu mwarimu Jean Paul Niyigena nk’umwe mu bagize itsinda ry’abantu 19 Kiliziya izajya yiyambaza kugira ngo irusheho gusohoza neza ubutumwa bwayo mu burezi itanga guhera mu mashuri y’inshuke kugeza muri za kaminuza gatolika.

Ni we munyafurika wenyine uri muri iryo tsinda .

Jean Paul Niyigena asanzwe ari umwarimu muri Kaminuza Gatolika y’u Rwanda no muri Kaminuza mu gihugu cy’u Bubiligi, ni umugabo arubatse afite n’abana babiri.

Abandi bashyizweho barimo Matthias Ambros wigisha mu Ishami ry’Amategeko ya Kiliziya muri Pontifical Gregorian University i Roma, Philippe Vallin wigisha muri Kaminuza ya Strasbourg mu Bufaransa n’abandi benshi.

Kiliziya Gatolika mu Rwanda ikaba yishimiye iri Toranywa rya Prof Niyigena aho mu butumwa bwashyizwe kuri konti ya Twitter ya Diyosezi ya Kibungo bagize bati “U Rwanda rwongeye kugirirwa icyizere! Umwe mu bakirisitu ba Kiliziya Gatolika y’u Rwanda yatorewe kuba umwe mu bajyanama ba Papa mu by’uburezi.”

Uyu Niyigena akaba aje yiyongera kuri Antoine Cardinal KAMBANDA nawe uheruka kugirirwa icyizere ku rwego mpuzamahanga, aho muri Kamena 2019 yemejwe nka Cardinal wa mbere uturuka mu Rwanda.

Facebook Comments Box

Related Posts

AMAKURU

Padiri Twagirayezu wahawe kuyobora Diyozezi ya Kibungo ni muntu ki?

February 22, 2023
1.4k
AMAKURU

Ntibisanzwe! Umupasiteri yihaye kwigana Yesu birangira ahasize ubuzima

February 18, 2023
1.5k
HOME

Protected: Abazitabira Rwanda Revival Conference barizezwa kuzahembuka ku mutima no ku mubiri

February 1, 2023
1.5k
HOME

Ni umwanda-Ikibazo cy’abasenyeri bashaka kubana bahuje ibitsina cyahuruje imbaga

January 18, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In