Friday, March 24, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE

Umunyarwandakazi warongowe na musaza we bakabyarana abana bane, yatunguwe bikomeye

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/05/21
in NTIBISANZWE
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Umugore uzwi ku mazina ya Mukandamage Domithile w’imyaka 44 utuye mu murenge wa Busasamana uherutse gutangaza ko yashakanye na musaza we bahuje se na Nyina ndetse akaba abayeho mu buzima bubi cyane yaje gutungurwa n’abagiraneza bamwubakira inzu yo kubamo.

Uyu Mukandamage aganira n’itangazamakuru yavuze ko uyu mugabo we akaba na musaza we babyaranye abana bane ngo bajya kubana bahuriye i Kigali atamuzi cyane ko uyu musaza we yari yaraburiwe irengero umuryango we uzi ko ngo yapfuye.

IZINDI NKURU WASOMA

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

Avuga ko bahuye uyu musaza we ari umukozi wo mu rugo baza gukundana ndetse akajya amwitaho akamuha amafaranga ndetse n’izindi mpano zitandukanye zihabwa abakundana.

Nyuma yaho basubiye mu cyaro ababazi neza batangira kujya babasebya ko bashakanye bavukana biza no gutera amakimbirane akomeye mur’uyu muryango rimwe na rimwe bakanarwana bihoraho.

Bikomeje kugenda bifata indi ntera uyu mugore yaje kumuta arigendera ndetse n’uyu mugabo yinyurira indi nzira arongera aburirwa irengero nk’uko na mbere byari byaragenze.

Uyu mubyeyi yaje kubaho mu buzima bubi aho yari abayeho asabiriza ngo abashe kubaho no gutunga abo bana babyaranye na musaza we.

Iyi nkuru yaje kugera ku bantu benshi batandukanye kandi bafite imitima itandukanye maze maze biyemeza gutera inkunga Domithile aho abagiraneza bamwubakiye inzu nziza.

Nk’uko tubikesha Afrimax ngo uyu mubyeyi n’abana be bishimiye guhindurirwa ubuzima no kujya mu nzu yabo nyuma y’ubuzima bubi kandi bugoranye banyuzemo.

Mukandamage Domithile w’imyaka 44 yinjira mu nzu yahawe
Dore inzu Mukandamage Domithile yabagamo mbere
Bageze mu nzu nshashya we n’abana be bishimye cyane
Mukandamage Domithile n’abana be mbere babaga mu nzu imeze gutya
Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k
HOME

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023
1.4k
HOME

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

Kigali : Le CICR s’engage à respecter ses principes fondamentaux

March 10, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In