Friday, March 24, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home IYOBOKAMANA

Umuryango w’abahanzi ba Gospel mu Rwanda wungutse umuhanzi mushya

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/09/06
in IYOBOKAMANA
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Byiringiro E. Bonheur ni umuhanzi mushya mu muryango w’abaramya bakanahimbaza Imana aho avuga ko azanye imbaraga nyinshi n’umuhate wo gukora ikintu cyose kugira ngo Imana ihabwe icyubahiro kiyikwiriye.

Nyuma yo gushyira hanze indirimbo ye ya mbere yise “Urera”Umuhanzi Bonheur E. BYIRINGIRO yinjiranye imbaraga zidasanzwe mu muryango w’Abahanzi baramya bakanahimbaza Imana aho avuga ko gahunda ye arugukora igishoboka cyose ngo Imana Ihabwe icyubahiro.

IZINDI NKURU WASOMA

Padiri Twagirayezu wahawe kuyobora Diyozezi ya Kibungo ni muntu ki?

Ntibisanzwe! Umupasiteri yihaye kwigana Yesu birangira ahasize ubuzima

Uyu muhanzi avuga ko Inkomoko y’ubuhanzi bwe yayikuye ku gukomera kwayo. Agira ati:” Gukomera kw’Imana n’imbabazi zayo nibyo byanteye kuyitekerezaho nsanga irahambaye maze kubura ikindi nakora mpitamo kuzajya nyivuga hose abantu bakamenya imirimo no gukomera kwayo binyuze mu ndirimbo”.

Akomeza agira ati:” Rimwe na rimwe ndatangara iyo mbonye uburyo Ihindura amateka y’umuntu kuva mu mwijima akagera mu mucyo, kuva mu byaha agahinduka umukiranutsi, igatanga ubugingo, igahembura imitima yari yarabaye akahebwe ikayigira ihumure, nibyo bintu byankoze ku mutima bituma mfata umwanzuro wo kuyiririmbira”.

Umuhanzi Bonheur avuga ko Umuhanzi afata nk’uw’icyitegerezo kuri we ari umuhanzi wese ufite indangagaciro za gikristu, ni ukuvuga umuhanzi ukunda Imana akanayubaha.

Uyu muhanzi kandi avuga ko yifuza kugera kure cyane hashoboka mu kwamamaza ijambo ry’Imana mu isi yose binyuze mu buhanzi bw’indirimbo.

Umuhanzi Byiringiro E. Bonheur ni umuhanzi ukiri umusore wavukiye mu Rwanda ubu akaba ari naho akorera umuziki we wo kuramya no guhimbaza Imana.

Kugeza ubu amaze gushyira hanze indirimbo imwe y’amajwi n’amashusho yise “URERA”ikaba amashusho yayo yarakorezwe na Robert Pro aho uyu muhanzi avuga ko bidatinze ari hafi no gushyira hanze izindi ndirimbo .

REBA INDIRIMBO URERA by Byiringiro E. Bonheur HANO:

 

 

Facebook Comments Box

Related Posts

AMAKURU

Padiri Twagirayezu wahawe kuyobora Diyozezi ya Kibungo ni muntu ki?

February 22, 2023
1.4k
AMAKURU

Ntibisanzwe! Umupasiteri yihaye kwigana Yesu birangira ahasize ubuzima

February 18, 2023
1.5k
HOME

Protected: Abazitabira Rwanda Revival Conference barizezwa kuzahembuka ku mutima no ku mubiri

February 1, 2023
1.5k
HOME

Ni umwanda-Ikibazo cy’abasenyeri bashaka kubana bahuje ibitsina cyahuruje imbaga

January 18, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

Kigali : Le CICR s’engage à respecter ses principes fondamentaux

March 10, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In