Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Umuryango w’Itangazamakuru mu Rwanda wungutse umunyamakuru mushya

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2023/01/09
in HOME, IMYIDAGADURO
0
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Muyango Claudine wamenyekanye cyane mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019 ubu ni Umunyamakuru mushya winjijwe mur’uyu mwuga na Television ya Isibo TV.

Muyango akaba ari Umunyamakuru mushya wa Isibo TV aho agiye gusimbura Uwamwezi Mugire wamenyekanye nka Bianca warusanzwe akora mu kiganiro cyitwa “Take Over” akaba yaramaze gusezera.

IZINDI NKURU WASOMA

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

Akimara guhabwa aka kazi, Muyango Claudine yavuze ko yishimiye kuba yinjiye mu Itangazamakuru.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze Ati ” Izi ni inzozi zange zibaye impamo kuko kera nkiri umunyeshuri nakundaga kujya imbere ya bagenzi banjye nkajya kubabwira amakuru kandi narabikundaga.”

Uretse ibi, nta hantu naha na hamwe handi hagaragara yaba yarahuriye n’itangazamakuru.

Nubwo avuga ko yahamije ikirenge neza neza mu nzozi ze ariko Muyango avuga ko hari ikintu kizamugora ariko agahamya ko azakora uko ashoboye, Agira ati” Uwo ngiye gusimbura wabonaga ko ikiganiro cyari icye koko niyo mpamvu ikintu kizangora ndabizi nukugerageza kwemeza abafana ko nta cyuho bagomba kubona mu kiganiro ariko nzakora uko nshoboye mbigereho.”

Uyu mukobwa akaba yinjiye muri iki kiganiro azajya afatanya na MC Buryohe aho azajya akora kuva ku wa Mbere kugeza ku wa Gatanu.

UWASE Muyango Claudine akaba yaregukanye ikamba rya Miss Photogenic (uwaryoheje ifoto) mu irushanwa ryahoze ryitwa Miss Rwanda ryo mu mwaka wa 2019.

 

MUYANGO Claudine

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023
1.4k
HOME

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023
1.4k
HOME

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In