Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home IMIKINO

Umutoza yapfuye azira gufana cyane

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2021/12/03
in IMIKINO
0
1.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Mu gihugu cya Misiri, Umutoza mukuru w’ikipe ya El-Magd SC Adham El-Seldar iri mu cyiciro cya kabiri cya shampiona y’umupira w’amaguru mu misiri, yapfuye ubwo yishimiraga igitego cy’insinzi y’ikipe ye.

Iyi  mpanuka yabaye kur’uyu wa 2 ukuboza 2021 ubwo el-magd yari imaze gutsinda al-zarka igitego cy’insinzi mu minota y’inyongera, kuko mu minota 90 yari yarangiye amakipe yombi anganya ubusa ku busa.

IZINDI NKURU WASOMA

Ni igitangaza! Messi yarambuye ikiganza ahereza impano idasanzwe uwamufashije gutwara igikombe cy’isi

Stade ya Kigali i Nyamirambo igiye guhindurirwa izina

Iki gitego cyatumye umutoza Adham yishimira icyi gitego nyuma y’iminota mike umutima urahagarara yikubita hasi.

Imbangukiragutabara yahise imukura kuri stade imwihutana ku ivuriro rya Alexandria kugira ngo abaganga bazobereye mu ndwara z’umutima batabare ubuzima bwe,ariko akigezwayo basanze yamaze gupfa.

Ibitangazamakuru byo mu Misiri bivuga ko Adham ataratangira gutoza yamaze igihe kinini akinira iIsmaily SC iri muri shampiyona y’icyiciro cya mbere ayifasha gutwara ibikombe bya shampiona n’iby’igihugu.

Mu gihugu cya Misiri ni hamwe mu bihugu bizwiho gukunda umupira ku rwego rwo hejuru muri afrika aho abantu benshi bakunze kugaragaza imbaraga zikomeye mu gufana, gusa mu ruhande rw’abatoza uyu akaba ariwe ubaye uwa mbere witabye Imana .

Nyakwigendera wamaze gushiramwo umwuka nubwo indanadaro y’urupfu rwe ivugwa ko yaba ari uburyo yishimiye insinzi y’ikipe ye ku rugero rwo hejuru ariko hari n’abavuga ko yaba yarasanzwe afite ikibazo cy’indwara y’umutima bikaba bitari bizwi gusa hakaba hagitegerejwe ibisubizo bizatangwa n’abaganga nka raporo ya nyuma yo kwemeza burundu icyaba cyahitanye uyu mutoza.

Kurikira nkuru mu buryo bwa video ku IBENDERATV:

Facebook Comments Box

Related Posts

LUSAIL CITY, QATAR - DECEMBER 13: Lionel Messi celebrates after their sides third goal by Julian Alvarez of Argentina during the FIFA World Cup Qatar 2022 semi final match between Argentina and Croatia at Lusail Stadium on December 13, 2022 in Lusail City, Qatar. (Photo by Clive Brunskill/Getty Images)
HOME

Ni igitangaza! Messi yarambuye ikiganza ahereza impano idasanzwe uwamufashije gutwara igikombe cy’isi

March 2, 2023
1.4k
HOME

Stade ya Kigali i Nyamirambo igiye guhindurirwa izina

February 28, 2023
1.5k
IMIKINO

Umukinnyi w’ikipe ya Ghana yitabye Imana agwiriwe n’ibikuta by’inzu

February 18, 2023
1.4k
IMIKINO

Utarahiriwe muri Miss Rwanda yinjiye mu Itangazamakuru rivugwamo ubukene bukomeye

October 27, 2022
1.6k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In