Sunday, April 2, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home IMYIDAGADURO

Umwanda utumye KNC asoza Shampiyona imburagihe

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/01/27
in IMYIDAGADURO
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Amagambo ya KNC mu isura yuzuye uburakari yavuze ko ikipe ye ya Gasogi utd ayivanye mu irushanwa guhera uyu munsi tariki ya 27 Mutarama 2022 kubera umwanda na mafia avuga ko biri muri federation.

Nyuma y’umukino wahuje ikipe ya Rayon sports na Gasogi utd bikaza kurangira Gasogi itsinzwe igitego 1 ku busa, Kakooza Nkuliza Charles KNC umuyobozi mukuru w’iyi kipe ahise afata umwanzuro wo gusoza shampiyona akavana ikipe ye mu irushanwa.

IZINDI NKURU WASOMA

Mu rubanza rwa Prince Kid hagaragayemo ibintu 2 bitagaragaye ubushize

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

Agira ati:”Kuko twavuze ngo Perezida wa komisiyo ya Albitrage yegure ibi nibyo tuzize, tuvuye muri shampiona guhera uyu munsi, ntitwakwihanganira mafia”.

Akomeza agira ati:”Ibi ni ibigaragaza ko Ferwafa yuzuyemo mafia, umwanda,twebwe dufashe umwanzuro wo kuva muri shampiona, iyi kipe nyivanye mu marushanwa”.

KNC asoza agira ati:” Iki kibazo cyari icy’umuntu ku giti cye, kuko twavuze ngo perezida wa komisiyo ya Albitrage yegure, nibyo twazize,ibi ni ibigaragaza ko federation yuzuyemo mafia, umwanda n’ibindi, twebwe dufashe umwanzuro (decision) ni nacyo ndangirizaho, ikipe tuyivanye mu irushanwa uhereye uyu munsi”.

Ibi bije nyuma y’uko uyu KNC yari aherutse gufatirwa ibihano birimo kutagera ku kibuga no gutanga amande asaga ibihumbi 100 bivugwa ko byaturutse ku magambo yavuze yibasira bamwe mu bayobozi b’amakipe amwe ya hano mu Rwanda.

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Mu rubanza rwa Prince Kid hagaragayemo ibintu 2 bitagaragaye ubushize

March 31, 2023
1.4k
HOME

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023
1.5k
HOME

Urubanza rwa Prince Kid rwimuriwe itariki

March 9, 2023
1.4k
HOME

Umuhanzi Mico the Best yafunzwe, menya icyo yazize

March 6, 2023
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Ibikubiye mu gitabo Le Chagrin De Ma Mere cya Antoine Hagenimana byanyuze abasomyi

March 31, 2023

Mu rubanza rwa Prince Kid hagaragayemo ibintu 2 bitagaragaye ubushize

March 31, 2023

GASHORA: ABANA 942 BATEGANYIJWE GUKINGIRWA COVID 19

March 31, 2023

Kigali: ku nshuro ya gatatu AIMS yahembye abarimu babaye indashyikirwa muri siyanse

March 28, 2023

Ikibazo cy’ubuharike ni kimwe mu bibazo byugarije abari n’abategarugori bagize ibyago byo kwandura virus itera SIDA

March 26, 2023

Kayonza: Umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho y’Akarere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In