Sunday, March 26, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home IMIKINO

Utarahiriwe muri Miss Rwanda yinjiye mu Itangazamakuru rivugwamo ubukene bukomeye

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2022/10/27
in IMIKINO
0
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Ishimwe Adelaide wigeze kwitabira irushanwa rya Miss Rwanda ariko ntahirwe no kuryegukana yinjiye mu itangazamakuru mu gihe bikomeje kuvugwa ko Itangazamakuru ryigenga mu Rwanda ririmo ubukene bukomeye.

Ishimwe Muhayimpundu Adelaide uri mu bakobwa bitabiriye irushanwa rya Miss Rwanda 2022 ariko ntahirwe no gukomeza mu irushanwa ngo abe yanaryegukana, yamaze kwinjira mu itangazamakuru ry’imikino aho ari kubarizwa kuri Radio TV 10 mu gice cy’imikino.

Kur’uyu wa 25 Ukwakira 2022 nibwo uyu mukobwa yakiriwe ku mugaragaro ndetse ahabwa ikaze nk’umunyamakuru mushya w’imikino akaba agiye gufatanya n’abandi batandukanye barimo KAZUNGU Claver, HITIMANA Claude n’abandi,….

IZINDI NKURU WASOMA

Ni igitangaza! Messi yarambuye ikiganza ahereza impano idasanzwe uwamufashije gutwara igikombe cy’isi

Stade ya Kigali i Nyamirambo igiye guhindurirwa izina

Uyu mukobwa ari muri bake mu bakobwa bakunze kuvuga ko abonye uburyo yakoresha ijwi rye mu kuvugira siporo y’abagore by’umwihariko umupira w’amaguru.

Akimara guhabwa intebe muri Radio TV 10 uyu mukobwa yavuze ko agiye kurwana urugamba rukomeye ariko rushoboka

Yagize ati:”Ntabwo byoroshye ariko birashoboka. Ninjiye mu itangazamakuru ry’imikino kandi nibaza ko noneho ngiye kubona amahirwe yo kuzamura ijwi ryanjye mvugira umupira w’abagore nkazajya ntangaza n’andi makuru.”

Uyu mukobwa akaba yinjiye mu Itangazamakuru ryigenga mu Rwanda mu gihe rikomeje kuvugwamo ubukene, ibi bikagaragazwa nuko mu minsi itandukanye ya vuba abanyamakuru banyuranye barisezeyemo umusubirizo bakigira mu bucuruzi abandi bakishakira akandi kazi bavuga ko itangazamakuru nta mafaranga aribamo.

Aha twavuga nka Uncle Austin wavuze ko afashe ikiruhuko akajya mu bikorwa bindi aho yaje akurikira Arthur Nkusi bigeze no gukorana kuri Radio imwe ndetse n’abandi banyuranye.

Aha kandi ntitwakwirengagiza ko Itangazamakuru mu Rwanda ariho hantu honyine hagaragara umubare muto w’abari n’abategarugori aho usanga bamwe bavuga ko bacika intege zo kwinjira mu itangazamakuru ryigenga mu Rwanda kuko nta mafaranga aribamo.

Facebook Comments Box

Related Posts

LUSAIL CITY, QATAR - DECEMBER 13: Lionel Messi celebrates after their sides third goal by Julian Alvarez of Argentina during the FIFA World Cup Qatar 2022 semi final match between Argentina and Croatia at Lusail Stadium on December 13, 2022 in Lusail City, Qatar. (Photo by Clive Brunskill/Getty Images)
HOME

Ni igitangaza! Messi yarambuye ikiganza ahereza impano idasanzwe uwamufashije gutwara igikombe cy’isi

March 2, 2023
1.4k
HOME

Stade ya Kigali i Nyamirambo igiye guhindurirwa izina

February 28, 2023
1.5k
IMIKINO

Umukinnyi w’ikipe ya Ghana yitabye Imana agwiriwe n’ibikuta by’inzu

February 18, 2023
1.4k
IMIKINO

Igisubizo cya Jimmy Gatete ku Izahuka ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda

October 26, 2022
1.5k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZIGEZWEHO

Kayonza: umuyobozi w’akarere yagaragarije itangazamakuru uko ishusho Yako karere ihagaze

March 25, 2023

Kigali: Bamwe mu bagore bavuga ko bagihura n’ikibazo cyo guharikwa n’abo bashakanye

March 22, 2023

Abanyarwanda barakangurirwa gutura mu mijyi mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubucucike

March 22, 2023

Umukobwa yahuye n’akaga azira kwiyongeresha amabuno

March 21, 2023

Birababaje: Ruhango,Umubiri w’umuntu umaze imyaka 9 mu biro by’Akagari udashyinguye

March 16, 2023

Ntibisanzwe! Umukobwa mwiza yaciwe amamiliyoni kubera kubenga

March 15, 2023

Ifoto y’Umunyamakuru Phil Peter yateye benshi gushimira Imana kubera uko imeze

March 15, 2023

Rwanda: Abarimu barabyinira ku rukoma, Abanyamakuru bicira isazi mu maso

March 14, 2023

Birababaje, Ubugome bukomeje gufata indi Ntera mu Rwanda

March 13, 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In