Sunday, September 24, 2023
  • Login
IBENDERA.COM
Advertisement
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
No Result
View All Result
IBENDERA.COM
No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO
Home NTIBISANZWE HOME

Wa mukobwa usobanura filime avuze ko abanyarwanda bamubabaza

Anaclet NTIRUSHWA by Anaclet NTIRUSHWA
2023/03/03
in HOME, IMYIDAGADURO
0
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on Twittershare on googleshare on whatsap

Umukobwa umwe ubarizwa mu mwuga wo gusobanura filime mu kinyarwanda avuga ko ababazwa no kuba mu Rwanda hari abantu b’injiji banga ibikorwa bye bamuhora ko ari umukobwa.

IZINDI NKURU WASOMA

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

Uyu mukobwa witwa Ariane ukoresha amazina ya Ndabaga muri filime y’agasobanuye avuga ko Abanyarwanda bakwiye kurenga imyumvire yo kureba umuntu bitewe n’uwo ariwe ahubwo bakamurebera ku bikorwa n’umusaruro agaragaza.

Ndabaga avuga ko yatangiye gusobanura filime mu mwaka wa 2020 kuko yabonaga ko nta bakobwa babikora kandi we akaba yariyumvagamo ubushobozi, impano n’urukundo rwo kubikora.

Avuga ko ariko ubwo yinjiraga mur’uyu mwuga yahuye n’ibibazo byinshi birimo n’abantu batumva ko gusobanura filime n’umukobwa yabishobora.

Agira ati:” Ubwo ninjiraga mur’uyu mwuga nahuye n’ibinca intege aho navuga ko ikibazo mpura nacyo aruko hari nk’abatanga filime ku mihanda batajya bemera izange bitewe n’uko ndi umukobwa, gusa ariko hari aho navuye hari naho ngeze, gusa ntabwo niteguye gucika intege.”

Uyu mukobwa agasaba abafite imyumvire nk’iyo yo kumva ko umukobwa adashoboye kuyicikaho bagakunda ibikorwa bye nk’uko bakunda iby’abandi.

Uyu mukobwa avuka mu Karere ka Nyamagabe mu Ntara y’Amajyepfo ahahoze ari Gikongoro akaba ubu abarizwa mu mujyi wa Kigali mu Murenge wa Gatsata.

 

Facebook Comments Box

Related Posts

HOME

Mu rukiko Kazungu yatanze umukoro ku mucamanza wamuburanishije

September 22, 2023
1.4k
HOME

Eden Care, igisubizo mu kwivuza hakoreshejwe ikoranabuhanga

September 22, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya DGPR rurasabwa kugira intego ihamye

September 17, 2023
1.4k
HOME

Kigali: Hashyizweho umurongo wo gukemura ibibazo by’abana bahohoterwa

September 17, 2023
1.4k

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Facebook Twitter Youtube Instagram LinkedIn

ABO TURI BO

  1. IBENDERA.COM ni igitangazamakuru cya IBENDERA NEWS AGENCY gikorera kuri murandasi (internet) kikaba kibarizwa mu Rwanda, mu mujyi wa KIGALI. Dutangaza Inkuru z’amahoro kandi zishingiye ku kuri. Turataara, tugatunganya hanyuma tugatangaza Inkuru zo ku isooko. Icyubahiro, Agaciro n’imibereho myiza ya muntu niyo ntero yacu!

IBYO DUKORA

  1. -Kwamamaza
    -Video production
    -Photography
    -Live streaming
    -Web development
    -Hosting
    -Domain registration
    -Amatangazo/Cyamunara
    -Wedding videography
    -Covering/Reporting news

CONTACT

Niba ushaka gutanga amakuru n’ubuhamya cg ukaba wifuza ubuvugizi ushobora kutwandikira cg ukaduhamagara kuri address zikurikira:

E-mail: [email protected]
or [email protected]
Ushobora kuduhamagara cg ukatubona kuri whatsap number: +250781807740
or +250728821308

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

No Result
View All Result
  • Home
  • AMAKURU
    • MU RWANDA
    • HANZE
  • NTIBISANZWE
  • IMYIDAGADURO
  • IMIKINO
  • IYOBOKAMANA
  • AMATANGAZO

© 2022 All Right Reserved IBENDERA.COM

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In